Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Airtel Rwanda Ltd Yashimiwe Kuba Umusoreshwa Wizerwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Airtel Rwanda Ltd Yashimiwe Kuba Umusoreshwa Wizerwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2022 9:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu muhango wo guhemba abasoreshwa bitwaye neza mu mwaka wa 2022, kimwe mu bigo byashimiwe ni Airtel- Rwanda, iki kibaka ari ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga.

Iki kigo kandi giherutse no gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga buri butangire gukoreshwa kuri uyu wa 20, Ugushyingo, 2022  ubwo abantu bari butangire kureba igikombe cy’isi kiri butangire gukinirwa muri Qatar.

Igihembo Airtel Rwanda yahawe

Ni app bise Airtel TV buri butangire gufasha abantu kureba iriya mikino bakoresheje murandasi ya Airtel Kugeza ubu mu Rwanda niyo yihuta kurusha izindi zihakoreshwa.

Iki kigo kandi gisanzwe gitanga na serivisi z’ikoranabuhanga mu by’imari, Fintech, zifasha abakiliya bacyo mu kohererezanya no kwakira amafaranga mu buryo bwa Airtel Money.

Ni n’uburyo butuma ufite uyu murongo, aba ashobora no koherereza amafaranga uwo ashatse wese niyo yaba akoresha undi murongo w’itumanaho mu yemewe mu Rwanda.

Umuhango wo gushimira Airtel Rwanda Ltd wari uyobowe na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente wari umushyitsi mukuru.

Hari mu muhango wabaye ku nshuro ya 20, ukaba wahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 25, ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro Rwanda Revenue Authority kimaze gishinzwe.

TAGGED:AirtelItumanahoRwandaUmusoreshwaUmusoro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Buri Kwezi Mu Rwanda Hazajya Haba Isiganwa Ry’Amagare- FERWACY
Next Article Rwanda: Guverinoma Irashaka Ko EBM Iba Itegeko Ku Bacuruzi Bose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?