Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Akamaro Musemakweli Yagiriye Ingabo Ku Rugamba Ni Kanini
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Akamaro Musemakweli Yagiriye Ingabo Ku Rugamba Ni Kanini

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2021 11:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bari abasirikare nyuma gato y’uko Inkotanyi zibohoye u Rwanda zigahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi avuga ko hagati ya Nzeri n’Ukwakira, 1994, Jacques Musemakweli yari umuganga ubaga ingabo zakomerekeye ku rugamba. Yari Captain ushinzwe kwita ku ngabo zakomeretse.

Musemakweli yabaga muri battalion ya 15, n’aho Gakwaya waduhaye aya makuru yabaga muri 101 Simba Battalion, izi battalion zikaba zari muri Brigade ya 305.

Bwana Gakwaya icyo gihe yari afite imyaka 16 y’amavuko.

Yatubwiye : “Nzi  Afande Musamakweli tubana i Cyangugu muri brigade ya 305, ari Captain njye mba muri 101 muri 1994 aritwe dushinzwe kariya gace.”

Amakuru y’urupfu rwa Gen Musemakweli yageze ku bwanditse bwa Taarifa mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu tariki 12, Gashyantare, 2021. Yazize uburwayi.

Gen Musemakweli yari asanzwe ari Umugenzuzi Mukuru mu ngabo z’u Rwanda. Uyu mwanya yagiyeho muri 2019 avuye ku buyobozi bukuru bw’ingabo zirwanira ku butaka.

Yari atuye mu Murenge wa Niboyi mu Karere ka Kicukiro.

Imana Imuhe Iruhuko Ridashira

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Agahinda K’Abana Bagirwa Abasirikare
Next Article Hari Ubwoba Ko Tchad Yabamo Imvururu Nk’Iziheruka Muri Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?