Amafoto Aboneye Yaranze Isozwa Rya Kigali Triennial 2024

Ku munsi wa cyenda w’Iserukiramuco nyafurika ryiswe Kigali Triennial 2024 abawitabiriye bari baberewe bya nyabyo.

Uretse kwambara neza n’umucyo waranze abitabiriye uyu munsi barimo na Madamu Jeannette Kagame, banasangiye amafunguro ya Kinyarwanda n’andi y’abo mu bihugu byamuritse imico y’iwabo.

Irebere amafoto meza yaranze abitabiriye uyu musangiro n’iri murikamuco:

Iri serukiramuco nibwo bwa mbere ribereye muri Afurika
Iyi myambaro irasa n’iy’abantu bo mu Burengerazuba bw’Afurika

- Advertisement -
Min Dr. Ildephonse Musafiri aganiriza abari baje kwihera amaso
Umuhanzi Andy Bumuntu asanzwe anahamiriza mu Ibihame by’Imana
Nguwo Bumuntu
Abahanga imideli bahuye

Uyu yahageze ateze nk’inyambo arashayaya
Uyu mudeli wo gusokoza ntusanzwe

 

Ozonnia Ojielo uyobora UN mu Rwanda aganiriza abari aho
Barangije kwiyerekana barasezera
Ba Ambasaderi baganira n’abandi bayobozi mu Rwanda
Baje bambaye baberewe
Umuyobozi wa MTN Rwanda ateze amatwi mugenzi we bari kuganira
Abanyamideli bazira umubyibuho ukabije
Martine Urujeni ateze amatwi
Meya w’Umujyi wa Kigali aganira n’Utumatwishima
Sandrine Umutoni na Kadja Nin bateze amatwi
Yarimbye mu mweru de
Gutega amatwi witonze byungura ubumenyi
Rugasaguhunga ukora muri Minisiteri y’urubyiruko asuhuza umwe mu bitabiriye iri serukiramuco
Hari n’imideli y’ahandi yamuritswe

Buri wese mu mwambaro we yari yaberewe
Abahagarariye ibihugu byabo baje kureba uko abamurika imideli baberewe
Baganirijwe uko iri serukiramuco ryateguwe
Angelique ni umutetsi wo mu Kinigi
Min Utumatwishima aganira n’umuyobozi wa MTN Rwanda
Coumba Sow uyobora FAO ari kumwe na Kabano wateguye iri serukiramuco
Abanyamideli biyerekanye mu buryo no mu mitako bitandukanye
Ababyeyi bari bazanye abana babo ngo barebe ibyiza nyafurika
Umukenyero wa kinyarwanda
Madamu Jeannette Kagema na Ines Mpambara bishimiye uko byamuritswe
Babaga bahuje urugwiro
Abahagarariye ibihugu byabo baje muri iri serukiramuco
Berekanye uko ikoti ryo mu gitenge nyarwanda ribera abasore
Michaella Rugwizangoga wo muri RDB
Abahanga mu gukora imideli bakoze uko bashoboye bahanga ibya gihanga

N.B: Uretse ifoto imwe, andi ni aya Minisiteri y’urubyiruko n’iterambere y’ubuhanzi

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version