Connect with us

Mu Rwanda

Amafoto: Ingabo z’u Rwanda mu kazi iyo i mahanga ntizizigama

Published

on

Yisangize abandi

Kuri iki Cyumweru nibwo abatuye Centrafrique batoye Perezida wa Repubulika wabo. Ni amatora yabaye mu gihe mu gihugu hari umwuka mubi w’abarwanyi bashakaga kuyaburizamo. U Rwanda rwaritabajwe kugira ngo rujye gufasha mu gukumira ko hari uwayakoma mu nkokora.

Rwabanje kohereza abasirikare barwo bari basanzwe bari muri Sudani y’Epfo ariko nyuma ruza koherezayo n’undi mutwe w’ingabo kabuhariwe 300.

Zigezeyo zahahuriye n’izindi zaturutse mu Burusiya, ingabo zo ku mpande zombi umugambi wari ugukoma mu nkokora icyo ari cyo cyose cyarogoya amatora.

Bafatanyije n’Abarusiya barinze umutekano w’Umukuru wa Centrafrique

Baracyurira imodoka gikomando

Captaine muri RDF ari mu kazi muri Centrafrique

Bagize itsinda ry’ingabo za UN zagiye gukurikirana uko amatora agenda

Abaturage barabizera

Baba bazenguruka mu mihanda bareba uko biteye

Bari maso

Bafatanyije na bagenzi babo bo mu Burusiya

 

Author

Copyright © 2020-2023 - Kinyarwanda Version