Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Kagame Nawe Yasuye Congo Kinshasa Areba Ibyo Nyiragongo Yakoreye Goma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Amafoto: Kagame Nawe Yasuye Congo Kinshasa Areba Ibyo Nyiragongo Yakoreye Goma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 June 2021 2:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yahuye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo  Felix Tshisekedi ajya kumwereka ubukana bw’umutingiro n’amahindure byarutswe na Nyiragongo bikangiza Umujyi wa Goma.

Uru ruzinduko Perezida Kagame arukoze nyuma y’uko kuri uyu wa  tariki 25, Kamena, 2021 mugenzi we Tshisekedi yawe yari yaje i Rubavu kureba uko kiriya kirunga cyangije ibikorwa remezo by’igihugu cy’abaturanyi ari cyo u Rwanda.

Yeretswe imihanda yasatuwe n’imitingito, inzu zasenyutse n’ibindi bikorwa remezo byangiritse.

Mu zindi ngingo baganiriyeho harimo umutekano hagati y’ibihugu byombi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kugeza ubu hari imitwe yitwaje intwaro ibangamiye umutekano w’ibi bihugu, ikorera mu burasirazuba bwa RDC.

Mu biganirwaho kandi harimo ibijyanye no kongerera imbaraga ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi, n’uburyo bushobora gukoreshwa mu ishoramari rihuriweho.

Perezida Tshisekedi amaze iminsi mu ruzinduko i Goma, bityo kuba yahura na mugenzi we w’u Rwanda bikaba ari ikintu kiza kandi kitagorana.

Ikindi ni uko nk’Abakuru b’ibihugu by’Afurika, iyo bahuye batabura kuganira ku bibazo byugarije uyu muryango( Tshisekedi niwe uwuyobora) kugira ngo barebere hamwe icyakorwa ngo bikemuke.

Uretse ibibazo by’umutekano biri hirya no hino( Mozambique, Mali, Tchad…) hari n’ikibazo cy’aho umushinga wo kubaka inganda z’urukingo rwa COVID-19 muri  Afurika ugeze ushyirwa mu bikorwa.

- Advertisement -

Hagati aho Abakuru b’ibihugu byombi bari bugirane ikiganiro n’abanyamakuru.

Tshisekedi yaje kwakira mugenzi we uyobora u Rwanda, Paul Kagame
Basuhuzanyije amuha ikaze mu gihugu cye
Yagiye kumwereka uko Nyiragongo yagize abatuye Goma
TAGGED:AbanyamakuruCongofeaturedIkirungaKagameNyiragongoRwandaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kimwe Mu Bikoraho ‘Abagabo Bakomeye’ Ni Abagore B’Abandi
Next Article NKURUNZIZA Cup: Shampiyona Nshya Mu Burundi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?