Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umuganda W’Ingabo Z’ U Rwanda Mu Bitaro Byo Muri Sudani Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Amafoto: Umuganda W’Ingabo Z’ U Rwanda Mu Bitaro Byo Muri Sudani Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2021 10:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo baherutse gukorera umuganda mu bitaro biri ahitwa Torit muri Leta ya Equatoria, imwe mu zigize Sudani y’Epfo.

Ni umuganda bakoze batema ibyatsi biri mu ntanzi z’ikigo, bakura n’indi mwanda iri muri aka gace.

Mu ntinzi z’iki kigo nderabuzima hari kandi n’amashashi, ibyatsi byumye bibura ababihakura, n’ibindi.

Abasirikare b’u Rwanda bakoze uriya muganda bifashishije za kupakupa, ingorofani n’ibindi bikoresho byifashishwa mu isuku.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubuyobozi bwa gisirikare buyoboye ingabo zagiye yo gucungira abaturage umutekano zashimiye ingabo z’u Rwanda kubera umuhati wazo mu gutuma abaturage bagira ubuzima bwiza, haba mu buryo bw’umutekano n’ubw’ubuzima.

Bakuye imyanda aho yari imaze igihe muri kariya gace
Ingabo z’u Rwanda zimaze kumenyerwaho gufasha abaturage mu kwimakaza isuku
TAGGED:AbasirikarefeaturedIngaboSudaniUmuganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda Yafunze Amashuri Kubera COVID-19
Next Article Croix Rouge y’U Rwanda Yaremeye Abaturage Basaga 2500
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?