Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umuganda W’Ingabo Z’ U Rwanda Mu Bitaro Byo Muri Sudani Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Amafoto: Umuganda W’Ingabo Z’ U Rwanda Mu Bitaro Byo Muri Sudani Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2021 10:16 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo baherutse gukorera umuganda mu bitaro biri ahitwa Torit muri Leta ya Equatoria, imwe mu zigize Sudani y’Epfo.

Ni umuganda bakoze batema ibyatsi biri mu ntanzi z’ikigo, bakura n’indi mwanda iri muri aka gace.

Mu ntinzi z’iki kigo nderabuzima hari kandi n’amashashi, ibyatsi byumye bibura ababihakura, n’ibindi.

Abasirikare b’u Rwanda bakoze uriya muganda bifashishije za kupakupa, ingorofani n’ibindi bikoresho byifashishwa mu isuku.

Ubuyobozi bwa gisirikare buyoboye ingabo zagiye yo gucungira abaturage umutekano zashimiye ingabo z’u Rwanda kubera umuhati wazo mu gutuma abaturage bagira ubuzima bwiza, haba mu buryo bw’umutekano n’ubw’ubuzima.

Bakuye imyanda aho yari imaze igihe muri kariya gace
Ingabo z’u Rwanda zimaze kumenyerwaho gufasha abaturage mu kwimakaza isuku
TAGGED:AbasirikarefeaturedIngaboSudaniUmuganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda Yafunze Amashuri Kubera COVID-19
Next Article Croix Rouge y’U Rwanda Yaremeye Abaturage Basaga 2500
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Amerika Yagabye Igitero Muri Syria

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

You Might Also Like

Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?