Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umuhanzi RUGER Agiye Gutanga Ikiganiro Ku Gitaramo Cye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Amafoto: Umuhanzi RUGER Agiye Gutanga Ikiganiro Ku Gitaramo Cye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 February 2022 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi uri mu bakomeye muri Nigeria witwa RUGER uherutse gukora indirimbo igaca ibintu yise Dior ari mu Rwanda akaba mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 17, Gashyantare, 2022 agiye guha abanyamakuru ikiganiro.

Ni ikiganiro kiri bubere muri imwe muri Hotel z’i Kigali, iherereye mu Karere ka Nyarugenge.

Umunyamakuru wa Taarifa uri aho kigiye kubera avuga ko  nta bantu benshi bari bagera mu cyumba kiri buberemo, ariko imyiteguro hafi ya yose yamaze gukorwa.

Ku wa Gatandatu tariki 19, Gashyantare, 2022 nibwo uyu muhanzi wo muri Nigeria azataramira abakunzi b’umuziki we, iki giteramo kikazabera muri Canal Olympia iri ku Irebero.

Nguwo RUGER

Mu gitaramo cye kandi hazaba hari n’umugabo uvanga umuziki witwa DJ SL uri mu bakora aka kazi neza kurusha abandi muri Nigeria.

Ubutumire Taarifa yahawe bwo kwitabira ikiganiro cy’uriya muhanzi n’abanyamakuru bwavugaga ko kiri butangire saa yine za mu gitondo zuzuye, ariko iyi nkuru yatambutse saa nyine n’igice zarenzeho iminota hafi 40.

Turabakurikiranira ibyo ibi byamamare bivuga ko byazaniye Abanyarwanda…

Baracyatunganya aho biriya byamamare biri bugitangire
Abanyamakuru baracyari mbarwa
TAGGED:Canal +HotelNigeriaNyarugengeUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umushinga wa Miliyari 21 Frw Wahinduye Ubuhinzi i Rwamagana
Next Article U Bufaransa Bugiye Kuvana Ingabo Muri Mali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?