Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amajyaruguru Abonekamo Ibinyobwa Byinshi Bitujuje Ubuziranenge, Itabi Mu Burasirazuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Amajyaruguru Abonekamo Ibinyobwa Byinshi Bitujuje Ubuziranenge, Itabi Mu Burasirazuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2021 12:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze hirya no hino. Ibinyobwa byiganje muri Gasabo, Gakenke, Musanze n’aho i Rulindo higanje ubuki butujuje ubuziranenge.

Ahandi hagaragaye ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge birimo n’itabi ni mu Burasirazuba ahagaragaye itabi ritujuje ubuziranenge.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko aho byagaragara hose, ibicuruzwa nka biriya bizafatwa ku bufatanye bwa Polisi n’izindi nzego zose bireba.

CP John Bosco Kabera yagize ati: “ Kimwe mu bintu bikomeye mvuga ni uko Polisi izakomeza gukorana n’inzego zose kugira ngo dufate biriya bicuruzwa hamwe n’ababicuruza kandi biri mu nshingano za Polisi.”

Yavuze ko ibyiza ari uko abantu bazibukira gucuruza ibintu bitujuje ubuziranenge kandi bakumva ko igishoro baba bashyizemo  mu kubikora iyo bifashwe gihinduka impfabusa.

Nta gihe kinini gishize Polisi yerekanye umugore witwa Louise wo mu Karere ka Musanze Umurenge wa Muhoza wari wafatanywe magendu.

Louise yemeye ko ariya magendu y’amavuto ya Movit yari amaze amezi atandatu ayikora kandi ngo yayakuraga mu Karere ka Rubavu.

CP Kabera mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 31, Werurwe, 2021
Ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bigaragara henshi mu Rwanda
TAGGED:AmajyarugurufeaturedIbicuruzwaItabiKaberaPolisiUmuvugiziUturere
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibicuruzwa Byafatiwe Hirya No Hino Bitujuje Ubuziranenge Bifite Agaciro ka Miliyoni 42.700 Frw-RIB
Next Article RDB na Arsenal Mu Biganiro Byo Gusubukura Visit Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?