Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Ihangayikishijwe Na Politiki Za Netanyahu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ihangayikishijwe Na Politiki Za Netanyahu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 July 2025 1:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Benyamini Netanyahu ubwo yari yasuye Trump.
SHARE

Hari umukozi mu Biro bya Perezida Donald Trump wabwiye ikinyamakuru Axios ko ibyemezo bya Minisitiri w’Intebe wa Israel biba bihubukiwe, akavuga ko Amerika ihangayikishijwe ni uko bizakoma mu nkokora imishinga ifite mu Burasirazuba bwo Hagati.

Ntibisanzwe ko Amerika yamagana- mu buryo butaziguye-ibyemezo bifatwa na Yeruzalemu kuko ahanini inyungu z’impande zombi ziba zisa.

Uwo muyobozi muri Amerika yagize ati: “ Bibi(Benjamin) akora ibintu nk’umuntu wasaze. Arasa aho abonye hose, abo abonye hose kandi bikoma mu nkokora gahunda za Amerika mu gace Israel iherereyemo”.

Undi muyobozi avuga ko ibikorwa n’Ubutegetsi bwa Israel bituma hari benshi mu Burasirazuba bwo Hagati babyegeka kuri Amerila, bakavuga ko ari yo muterankunga ukomeye wa Israel kandi uyishyigikiye mu byo ikora.

Hari undi wavuze ko kuba Israel iherutse kurasa imwe muri Kiliziya ziri muri Gaza ari ikintu cyerekana ko imyitwarire ya Netanyahu iteye inkeke.

Mu Biro bya Trump bavuga ko nta munsi w’ubusa utambuka Netanyahu adakoze akantu mu gace igihugu cye giherereyemo.

Ubwo Israel yarasaga kuri iriya Kiliziya, Perezida Trump yahamagaye Netanyahu ngo amubaze icyabiteye.

The Jerusalem Post ivuga ko Umuvugizi w’Ibiro bya Netanyahu atigeze asubiza ibibazo yagejejweho na Axios kugira ngo agire icyo avuga kubyo umuyobozi avugwaho na Amerika, gusa ntiyasubijwe.

TAGGED:AmerikafeaturedIbyemezoNetanyahuTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyamasheke: Batwitse Abantu Babashinja Ubujura
Next Article Rayon Irashaka Gusinyisha Abedi Bigirimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?