Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amerika Yatangiye Ibitero Muri Iran
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatangiye Ibitero Muri Iran

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 June 2025 7:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Donald Trump yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zatangiye kurasa ku nganda za Iran zitunganya ibisasu bya kirimbuzi zari zitararaswaho na Israel kugeza ubu.

Yaboneyeho gusaba Iran kwemera kumanika amaboko bitaba ibyo igakubitwa bikomeye.

Ahantu harashwe hakomeye ni ahitwa Fordo n’ahandi habiri hasanzwe batunganyirizwa ubutare bwa Uranium.

Itangazo rya Iran rivuga ko ibitero by’umwanzi byasenye igice cy’urufanda rwa Fordo ariko ryirinze kuvuga ubukana bw’ibyanyangiritse.

Ahandi hantu hangiritse ni ahitwa Natanz na Isfahan, aha hakaba hasanzwe harashegeshwe n’ibisasu bya Israel bimaze iminsi biharaswa.

Mu ijambo yagejeje ku baturage b’igihugu cye, Donald Trump yavuze ko Amerika na Israel bashaka ko ‘Kagarara’ wo mu Burasirazuba bwo Hagati witwa Iran ava ku izima akareka burundu ibyo gutunganya Uranium yo gukoresha mu ntwaro za kirimbuzi.

Avuga kandi ko Iran ari cyo gihugu cya mbere ku isi gitera inkunga imitwe y’abakora iterabwoba bityo ko idakwiye kujenjekerwa.

Mu bihe bitandukanye, Ubuyobozi bukuru bwa Iran bwavuze ko Amerika nibarasaho, bizayikoraho, ubu isi ikaba itegereje kureba uko biri bugende…

TAGGED:AmerikafeaturedIbisasuIntambaraIsraelKirimbuziUrugamba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Diamond: Umuhanzi Wa Mbere Muri Afurika Ufite Abantu Miliyoni 10 Kuri YouTube
Next Article U Rwanda Rugiye Kumva Umwanzuro W’Urukiko Ku Kirego Cya DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?