Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Angola Ntikiri Umuhuza W’u Rwanda Na DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Angola Ntikiri Umuhuza W’u Rwanda Na DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2025 6:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

João Lourenço uyobora Angola yatangaje ko atakiri umuhuza hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demukarasi ya Congo, avuga ko ubu agiye gushyira imbaraga mu nshingano yahawe zo kuyobora Afurika yunze ubumwe, umwanya Angola iherutse gusimburaho Mauritania.

Mu masaha akuze yo kuri uyu wa Mbere nibwo byatangarijwe kuri paji ya Facebook ya Perezidansi ya Angola.

João Lourenco yavuze Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe igiye kwicara irebe undi wamusimbura, akazatangazwa mu gihe gito kiri imbere.

Ikindi nj uko uzemezwa azakorana na EAC na SADC kugira ngo ashobore guhuza u Rwanda na DRC ibihugu bituranyi ariko bitaba byombi muri iyo miryango.

Uyu mugabo bamwe bamushimira ko yakoze uko yari ashoboye ngo ahuze impande zombi n’ubwo nta kintu wavuga ko byagezeho.

Kimwe mu byo azibukirwaho ko atagezeho ni ukongera guhuza imbonankubone Perezida Kagame na Tshisekedi, ikindi Qatar yo yashoboye gukora mu minsi mike ishize.

Ndetse no guhuza DRC na M23 byari biteganyijwe mu minsi ishize nabyo byaranze.

Hagati aho inama yataye iteranye mu buryo bw’ikoranabuhanga yahuje Abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC yemeje ko Olesegun Obasanjo, Catherine Samba Panza wahoze uyobora Centrafrique, Kgalema Motianthe wahoze uyobora Afurika y’Epfo, Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya Sahle-Work Zewde wayoboye Ethiopia batangwaho abahuza muri kiriya kibazo.

Perezida Kagame yitabiriye iyo nama mu buryo bw’ikoranabuhanga
Yemerejwemo abahuza bashya mu kibazo kiri hagati y’u Rwanda na DRC
TAGGED:AngolaDRCfeaturedIntambaraM23QatarRwandaUmuhuza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamakuru Yashyizwe Muri Groupe Y’Igitero Amerika Yagabye Muri Yemen
Next Article Kagame Yavuze Ko Intambara Itahosha Hakiri Akarengane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?