Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Animateri Wo Muri Saint André Aravugwaho Gukubita Abanyeshuri ‘Bikomeye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Animateri Wo Muri Saint André Aravugwaho Gukubita Abanyeshuri ‘Bikomeye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2021 12:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu baha Taarifa amakuru mu Karere ka Nyarugenge yaraye aduhaye amafoto yerekana abanyeshuri barimo abahungu n’abakobwa biga mu kigo kiri mu bigo bizwi cyane mu Rwanda kitwa Saint André bafite imibyimbyi y’inkoni bivugwa ko bakubiswe n’ushinzwe uburezi muri kiriya kigo( ni animateur).

Ni abana babiri barimo umwe w’umukobwa ufite imyaka 14 y’amavuko n’undi w’umuhungu ufite imyaka 12 y’amavuko. Bombi biga mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye.

Amakuru dufite kandi avuga ko uwakoze biriya yahise atoroka, ubu akaba ari gushakishwa.

Taarifa yahamagaye umuyobozi w’Ikigo cya Saint André Padiri Faustin Nshubijeho  agira icyo abivugaho.

Aba bana barigana mu mwaka wa mbere w’amashuri yisumbuye

 

Padiri ati: ” Iby’uko yahohoteye si njye wabyemeza…’

Padiri Faustin Nshubijeho yabwiye Taarifa ko atakwemeza niba ibyo Animateri yakoze byakwitwa guhohotera kuko atari byo ashinzwe, ahubwo ngo icyo yavuga ni uko icyo mwarimu yakoze ari uguhana abana nk’umurezi wabo.

Avuga ko iby’uko yahohoteye bariya bana ari ikintu cyemezwa n’ubugenzacyaha.

Abajijwe niba animateri yari amaze igihe akora muri kiriya kigo, Padiri Faustin Nshubijeho yavuze ko uriya mukozi yari amaze igihe aharerera.

TAGGED:AbanyeshurifeaturedGukubitaIkigoUmurezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ab’i Kigali Ibicurane ‘Byabarembeje’
Next Article Ingabo Z’U Burundi Zivuga Ko Ibyo RDF Yavuze Ku Bateye U Rwanda ‘Ari Ibinyoma’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?