Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: APR Yananiwe Gutsinda Muhazi FC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

APR Yananiwe Gutsinda Muhazi FC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 April 2024 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu buryo butari bwitezwe, APR FC iri ku  mwanya wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yaraye inganyije na Muhazi FC iri mu zidakomeye cyane mu Rwanda igitego 1-1.

Hari muri umwe mu mikino itatu yaraye ibaye ku munsi wa 25 wa Shampiyona, wabereye kuri Kigali Pelé Stadium.

Igice cya mbere cyarangiye nta kipe itsinze indi.

Icya kabiri kigitangira, ni ukuvuga ku munota wa 55, Muhazi United yahise ibona igitego cyatsinzwe na Uwumukiza Obed.

APR FC yahise ikanguka nayo ikishyura ku munota wa 69 gitsinzwe na Victor Mbaoma.

Mu gushaka gutsinda icya kabiri cyo guca impaka, APR FC yananiwe gupfumura urukuta rwa ba myugariro ba Muhazi FC.

Icyakora umukinnyi wa Muhazi FC witwa Richard Ndayishimiye yaje kwerekwa ikarita itukura ku munota wa 85.

Yahise asohoka mu kibuga, bagenzi be basigara bacunganwa no kurinda ko ikipe yabo yatsindwa icya kabiri.

Umukino warangiye ari uko bigenze, Muhazi FC inganya na APR FC igitegp 1-1 bituma APR FC igira amanota 59 naho Muhazi igira amanita 32 ifata umwanya wa cyenda ku rutonde rwa Shampiyona.

Ifoto@UMUSEKE.RW

TAGGED:APRMuhaziShampiyona
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhanda Muhanga- Ngororero Wafunzwe Kugeza ‘Igihe Kitazwi’
Next Article Abakobwa Bakinira PSG Baje Mu Rwanda Guhugura Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Ya Volley Azahatanira Igikombe Cy’Intwari Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?