Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ariel Wayz Na Babo Bajyanywe Mu Kigo Ngororamuco
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IbyamamareImyidagaduro

Ariel Wayz Na Babo Bajyanywe Mu Kigo Ngororamuco

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2025 7:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abahanzi Ariel Wayz na Babo bajyanywe mu kigo ngororamuco cyo muri Huye nyuma yo gupimwa bagasangwamo ibiyobyabwenge. Hari mu minsi mike yabanjirije umuhango wo Kwita Izina wabaye Tariki 05, Nzeri, 2025.

Umwe mubo mu muryango w’umwe muri aba bahanzi utashatse ko itangazamakuru rimuvuga amazina yabwiye bagenzi bacu ba IGIHE ko abo bombi( Ariel Wayz na Babo) bageze muri kiriya kigo kuri uyu wa Gatatu tariki 17, Nzeri, 2025.

Ubwo bafatwaga na Polisi mu minsi yatambutse, yabasanze Nyarutarama bari bitabiriye ibirori byaje kuvamo rwaserera.

Polisi yaratabajwe ihageze isanga ikwiye no gupima ngo irebe niba abari aho bari banyoye inzoga gusa, iza gusanga mu maraso y’abo bahanzi harimo n’ibindi biyobyabwenge, amakuru akavuga ko ari urumogi na cocaïne.

Ibi byagize ingaruka ku rugendo Ariel Wayz yari ari kwitegura gukorera muri Kenya aho yari afite ibikorwa bya muzika birimo kuhakorera indirimbo kuko byari byitezwe ko tariki 6 Nzeri 2025 yagombaga kuba yagiye ariko birangira bitabaye.

Umuhanzi Babo we ( ubusanzwe yitwa Teta) azwi mu ndirimbo Lose You yakoranye na Ariel Wayz, Turn Up ye na Urban Boys, Go Low yakoranye na The Ben na Yogati yakoranye na Bruce Melodie.

TAGGED:ArielBaboHuyeIbiyobyabwengeIkigoNgororamucoUmuhanziWayz
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyavugururwa?
Next Article Gisèle Umuhuza Yasimbuwe Na Canoth Manishimwe Muri MININFRA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Volleyball: U Rwanda rwaserewe Muri 1/4 Cy’Igikombe Cy’ Afurika

Gisèle Umuhuza Yasimbuwe Na Canoth Manishimwe Muri MININFRA

Ariel Wayz Na Babo Bajyanywe Mu Kigo Ngororamuco

Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyavugururwa?

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?