Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ashraf Ghani Wahoze Ayobora Afghanistan ‘Yahungiye’ Muri Oman
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ashraf Ghani Wahoze Ayobora Afghanistan ‘Yahungiye’ Muri Oman

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2021 5:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ghani wahoze ayobora Afghanistan akaza kuyihunga nyuma yo kotswa igitutu n’Abatalibani yahungiye muri Oman nk’uko ibinyamakuru byo mu Burusiya bibitangaza.

Yahunze ari muri Kajugujugu, atwaye amafaranga menshi n’imodoka enye.

N’ubwo Abarusiya batangaza ko Ashraf Ghani yahungiye muri Oman, hari andi makuru avuga ko yahungiye mu gihugu cya Tajikistan.

Ku Cyumweru tariki 15, Kanama, 2021 nibwo Ghani yafashe indege ahunga igihugu cye atinya ko yafatwa mpiri n’Abatalibani bamuryaga isataburenge.

Nta gihe kinini cyashize, Abatalibani bahise binjira mu Ngoro y’Umukuru w’igihugu cya Afghanistan, batangira kuririmba intsinzi.

Bari bagarutse ku butegetsi nyuma y’imyaka 20 bari bamaze babwambuwe n’Abanyamerika mu ntambara babagabyeho mu mwaka wa 2001.

Ambasade y’u Burusiya i Kabul ivuga ko ubwo Asharfu Ghani yahungaga yajyanye amafaranga menshi ndetse n’imodoka enye.

Ngo hari amafaranga yabuze aho akirwa mu ndege, ahitamo kuyasiga.

Bamwe baravuga ko yagiye muri Oman abandi bati: ” Ari Tajikistan’

Amakuru avuga ko yahungiye mu murwa mukuru wa Oman witwa Muscat  ahuriranye n’andi avuga ko yahungiye mu murwa mukuru wa Tajikistan witwa Dushanbe.

Ubwo yahungaga, Ashraf Ghani yanditse kuri Facebook ko ahunze yanga ko hameneka amaraso menshi ariko abatavuga rumwe nawe basubije bamubwira ko yabaye ikigwari, asiga abaturage be mu kangaratete.

Abatalibani baraganje. Aha ni mu Nteko ishinga amategeko

Ibiri kubera muri Afghanistan, itangazamakuru ryo mu Burayi ribifata nk’ikibazo cy’isi gikomeye cyane nk’uko byigeze kugenda ubwo ibihugu byacikagamo ibice kubera iby’umuhora wa Suez.

 

Ni intsinzi bagezeho itabavunnye cyane
Bamwe bavuga ko Ashraf Ghani yabaye ikigwari agasiga abaturage be mu kangaratete
TAGGED:AfghanistanfeaturedPerezidaTaliban
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Museveni Yasabye Inzego z’Umutekano Guhagarika Iyicarubozo
Next Article Uganda Iri Gutereta Mozambique Ngo Yoherezeyo Ingabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?