Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Barafinda Yasubijwe i Ndera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Barafinda Yasubijwe i Ndera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2021 5:12 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko Barafinda Sekikubo Fred uvuga ko ari umunyapolitiki yasubijwe mu Bitaro by’indwara zo mu mutwe bya Ndera, nyuma yo kongera kugaragaza ibimenyetso by’uburwayi.

Umuvugizi wa RIB Dr Murangira Thierry yatangaje ko ‘yatangiye imukurikiranyeho ibyaha, abaganga baza kugaragaza ko abiterwa n’uburwayi. Ni ku nyungu ze ko yagumya kwitabwaho n’abaganga igihe cyose agaragaje ko yongeye kugira ikibazo.’

Barafinda wamenyekanye mu mvugo zitangaje, yamenyekanye ubwo yajyaga kuri Komsiyo y’igihugu y’amatora gutanga kandidadatire mu matora ya Perezida yo mu 2017, ariko ntiyemerwa. Yavugaga ko afite ishyaka ariko ridafite ahantu ryanditse.

Yakomeje gutambutsa ibitekerezo ku mbuga nkoranyambaga nka YouTube, yumvikana kenshi anenga Leta ku bikorwa nko gukuraho ibikorwa biri mu bishanga no mu manegeka, agakoresha n’andi magambo akomeye kuri gahunda zinyuranye.

Muri Gashyantare nibwo byaje kugaragara ko ibikorwa bya Barafinda biterwa n’uburwayi bwo mu mutwe, aza kujyanwa mu bitaro bya Ndera muri Gashyatare 2020, asezererwa muri Nyakanga uwo mwaka.

TAGGED:BarafindafeaturedRIBUbugenzacyaha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Canada Yahaye u Rwanda Izindi Nkingo 433,300 Za Covid-19
Next Article I Goma Hiriwe Umutuzo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?