Barundikazi Ntimukipfobye- Madamu Angélique Ndayishimiye

Umufasha w’Umukuru w’igihugu cy’u Burundi Madamu Angélique Ndayishimiye yasabye Abarundikazi kumva ko bashoboye kandi bagomba gushyira imbaraga mu kwiga ikoranabuhanga.

Imibare itangazwa n’Ikigo cy’ibarurishamibare cy’u Burundi ivuga ko abafite igitsina gore bangana na 52%.

Uyu mubare werekana ko abagore bakwiye guhabwa umwanya mu gukemura ibibazo by’igihugu cyabo.

Madamu Ndayishimiye yasabye abagore kongera imbaraga mu kwiga ikoranabuhanga kugira ngo bafashe abana babo guteza imbere ubumenyi bwabo.

- Advertisement -
Abarundikazi nibo benshi mu gihugu ugereranyije na basaza babo
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version