Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Batangije Indi Gahunda Yo Kurengera Uburenganzira Bw’Ab’Igitsina Gore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Batangije Indi Gahunda Yo Kurengera Uburenganzira Bw’Ab’Igitsina Gore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 December 2023 8:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mujyi wa Kigali hatangijwe uburyo bwiswe ‘Community of Feminist Practice bwo kungurana ibitekerezo no guharanira ko ihohoterwa ricika ndetse n’uburyo uburinganire busesuye bwagerwaho.

Mu rwego rwo kugira ngo ibigamijwe muri iyi gahunda bigerweho, hashyizweho urubuga nyungurana bitekerezo ruhuza abantu n’inzego zitandukanye zikora k’ uburenganzira bw’ umugore n’ umukobwa kugira ngo bahuze imbaraga, ubunararibonye n’ ubushobozi  mu rugendo rwo kubahiriza no gushyira mu bikorwa ihame ry’ uburinganire.

Iyi gahunda izaba ifite igice kigamije kwigisha no gutanga amakuru kuri murandasi kubijyanye n’ ihame ry’ uburinganire.

Hari kandi n’uburyo buhoraho abagore, abakobwa ndetse n’abagabo bazajya bahura bakaganira uko ibyo byose byanozwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Babwise feminist cafés.

Umuyobozi w’Inama y’ubutegetsi y’Umuryango Paper Crown Rwanda witwa Prudent Gatera avuga ko imikoranire nk’iyo ari ingenzi kugira ngo yaba abagore cyangwa abagabo, bose babe mu gihugu kitagira uwo giheza.

Gahunda ya Community of Feminist Practice yashyizweho kandi ku bufatanye n’umuryango udaharanira inyungu Kvinna Till Kvinna.

Iki gikorwa cyahujwe kandi no kwizihiza iminsi 16 y’ ubukangurambaga bwo kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Iyi gahunda ije yiyongera ku zindi gahunda za Guverinoma y’u Rwanda zo kwimakaza ihame ry’ uburinganire no kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

- Advertisement -
TAGGED:AbagorefeaturedIhuriroUburinganire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imikorere Y’Inyenzi Nk’Uko Rutaremara Abivuga
Next Article Imikoranire Mishya Y’U Rwanda N’Ubwongereza Yatumye Minisitiri Yegura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?