Beatrice Munyenyezi Yakatiwe Gufungwa Burundu

 

Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwakatiye Munyenyezi Beatrice gufungwa burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu cyari Butare.

Munyenyezi, wari umukazana wa Pauline Nyiramasuhuko yoherejwe mu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu 2021.

Yazanywe mu Rwanda aturutse muri Amerika nyuma yo kuvumburwa ko yabeshye ko nta cyaha yakoze mu Rwanda bigatuma ahabwa uburenganzira bwo kubayo.

- Advertisement -

Iperereza ryaje kumenya ko hari uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi, aza gufatwa ahabwa ubutabera bw’u Rwanda ngo aburanishwe.

 

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version