Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biden Yakiriye Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Biden Yakiriye Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 December 2022 6:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Amerika Joseph(Joe) R. Biden yaraye yakiriye Perezida Kagame ku meza. Iki gikorwa cyo gutsura umubano hagati y’Amerika n’Afurika kitabiriwe n’abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika bitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru iri guhuza impande zombie.

Iyi nama yaherukaga kuba mu myaka umunani(8) ishize. Yitwa USA-Africa Leaders Summit 2022.

Biden yafatanye ifoto y’urwibutso kandi n’abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika byitabiriye iriya nama

Nta byinshi byatangajwe ku byo Kagame yaba yaganiriye na Biden ariko muri iki gihe u Rwanda rwabereye ibamba Amerika kuko yarusabye kurekura Paul Rusesabagina rurabyanga.

Kigali isobanurira Washington ko uwo yita umuturage w’Amerika, yakoreye Abanyarwanda ibyaha bihanwa n’amategeko kandi ko yafashwe agashyikirizwa ubutabera, agakatirwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iby’’uko agomba kurekurwa byanze bikunze kubera ko Amerika ibishaka, u Rwanda rwarabigaramye.

Si ikibazo cya Rusesabagina gusa ahubwo Amerika ivuga ko u Rwanda rutera inkunga mu buryo butaziguye umutwe wa M23 wazengereje ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Umukuru warwo Paul Kagame avuga ko ibibazo bya DRC bireba abayobozi bayo, ko bagombye gukora politiki ziha abayituye bose amahoro, ntihagire abahezwa ku byiza by’igihugu.

Perezida Kagame avuga ko u Rwanda rufite ibibazo birureba rugomba gukemura, ko mu byo rushinzwe nta bibazo DRC birimo.

Perezida Kagame Yavuze Uko Ikibazo Cy’Umutekano Mucye Muri DRC Cyakemuka

- Advertisement -
TAGGED:AmerikaBidenDRCfeaturedKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bugesera: Akarere Kabungabunze Inyamaswa ‘Z‘Inzobe’
Next Article U Rwanda Rwaciye Ibinini Byitwa Ketoconazole Ku Isoko Ryarwo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?