Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bloomberg Television Yemerewe Gukorera Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Bloomberg Television Yemerewe Gukorera Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2022 7:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Televiziyo mpuzamahanga yitwa Bloomberg TV yaraye yemerewe gukorera mu Rwanda, ikazajya itambutsa ibiganiro ku bikungu n’imari mu bihugu by’Afurika yo hagati y’iby’iy’i Burasirazuba.

Umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi muri iki kigo witwa Stephen Colvin yavuze ko biteguye gukorana neza n’u Rwanda kandi bakarushaho kumenyesha ababakurikira amakuru y’ubukungu n’iterambere ry’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruharereyemo.

At: “  Twishimiye gukorera muri aka karere k’Afurika tukahageza ibiganiro na gahunda za Televiziyo yacu.”

“We are delighted to welcome @BloombergTV in the East and Central African region with a studio in Rwanda’s capital Kigali." – RDB CEO, @cakamanzi.

Bloomberg Expands Local TV Coverage In Africa https://t.co/UujlQyCU73#InvestInRwanda🇷🇼 pic.twitter.com/yrZQU5rLw4

— Rwanda Development Board (@RDBrwanda) October 11, 2022

Akamanzi we avuga ko u Rwanda rushimira ubuyobozi bwa Bloomberg TV kuba bwarahisemo gushyira studio y’iyi televiziyo mu Rwanda kugira ngo ishobore gukurura no gutangaza amakuru y’ubukungu n’iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika yo hagati n’iy’i Burasirazuba.

Bloomberg Television  izatangira gukorera mu Rwanda mu mwaka wa 2023.

Ikicaro cyayo muri Kigali kizaza gikurikira ahandi yakoreraga harimo Lagos muri Nigeria, Johannesburg,  muri Afurika y’Epfo na Nairobi muri Kenya.

Umuyobozi mukuru w’ibiganiro azakomeza kuba Madamu Jennifer Zabasajja.

Ikigo Bloomberg Media ni kimwe mu bigo  by’umuherwe w’Umuyahudi ukomoka muri Amerika witwa Micheal Bloomberg.

Ari mu Banyamerika batanu bakize kurusha abandi, bikumvikana ko ari no mu bantu bakize cyane kurusha abandi ku isi.

Micheal Bloomberg

Bloomberg Media ikoresha abanyamakuru 2,700 hirya no hino ku isi.

Micheal Bloomberg yahoze ari Meya wa New York ndetse yigeze gushaka kwiyamamaza ngo ayobore Amerika ariko ntibyamuhiriye.

TAGGED:AkamanziBloombergfeaturedRwandaTeleviziyo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubano Wa Polisi Y’u Rwanda N’Iy’Ubutaliyani Uratera Imbere
Next Article Agaciro Development Fund Yashoye Imari Muri Banki Ikomeye Y’Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?