Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bobi Wine Yavuye Mu Bitaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Yavuye Mu Bitaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 September 2024 3:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Robert Kyagulanyi usanzwe ari umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yamaze kuva mu bitaro aho yari yagiye kwitabwaho n’abaganga nyuma yo kuraswa mu kaguru k’ibumoso.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo amashusho y’iraswa rye yageze kuri X, akamugaragaza ateruwe n’abasore bamusindagiza kuko gukandagiza byari byamunaniye.

Ahagana ku ivi rya ruseke hagaragara nk’aharashwe ariko uwabireba akaba yabona ko bitari bikomeye.

Kuba butari bikomeye bishobora kuba ari byo bitume adatinda mu bitaro.

Amakuru ava muri Uganda aremeza ko ubu Kyagulanyi yamaze gusubira iwe, akaba ameze neza.

Amashusho y’uburyo yavanywe mu bitaro ari kuri X aramwerekana asohoka mu modoka atwajwe imbago yo kwicumba yambaye umwambaro wera ugenewe abarwayi bari kwa muganga.

Bivugwa ko yarasiwe i Bulindo ahitwa Kira aho yari yagiye kubonana n’umwe mu banyamategeko b’ishyaka ayoboye witwa Musisi George.

Bobi Wine ayobora ishyaka National Unity Platform rirusha andi mashyaka atavuga rumwe na Leta umubare munini w’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda.

Afite imyaka  42 y’amavuko.

Iby’iraswa rye nta rwego rwa Leta ya Uganda ruragira icyo rubivugaho.

TAGGED:AmasasuBobiKuraswaRIBUbugenzacyahaWine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubanza Rw’Abaregwa Gushaka Guhirika Tshisekedi Rwapfundikiwe
Next Article Abagore B’I Shyogwe Bashyiriweho Isaha Batarenza Bari Mu Kabari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?