Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Brazil: Indege Yari Irimo Abantu 61 Yasandaye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Brazil: Indege Yari Irimo Abantu 61 Yasandaye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2024 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Brazil Lula Da Silva yatangaje ko igihugu cye kiri mu kababaro kenshi nyuma y’ihanuka ry’indege yari itwaye abantu 62 bose bakaba bapfuye.

Ni indege y’ikigo kitwa Voepass, ikaba yagize iyo mpanuka imaze igihe gito ihagurutse.

Iyi ndege ngo yagize ikibazo cya moteri

Umwe mu bahanga bamaze igihe kirekire batwara indege witwa Ross Aimer yabwiye Dailymail ko bishoboka cyane ko iriya mpanuka yatewe na moteri yagize ikibazo abapilote bakabura ukundi babigenza.

Ku rundi ruhande, yemeza ko izindi mpamvu zishobora kuba zateye kiriya kibazo zifitanye isano n’uko ibaba ry’indege ryaba ryagonze ikintu ntirishobore gukomeza kuyiha uburyo bwo kureremba mu kirere, cyangwa se indege igahura n’umuyaga ukomeye cyane.

Perezida Lula Da Silva yiyanganishije imiryango yabuze yaburiye ababo muri iyi mpanuka

Iriya ndege yo muri Brazil yagize ikibazo imaze kuzamuka metero 17,000.

Iyo mpanuka yabereye ahitwa Vinhedo muri Brazil.

TAGGED:BrazilImpanukaIndegePerezidaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Guca Agahigo Mu Kwihaza Ku Mbangukiragutabara
Next Article Rwanda: Barashaka Gushinga Banki Itera Inkunga Abahinzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?