Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Brazzaville: Amb Mutsindashyaka Yayoboye Ibyo Kwakira U Rwanda Mu Muryango Mpuzamahanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Brazzaville: Amb Mutsindashyaka Yayoboye Ibyo Kwakira U Rwanda Mu Muryango Mpuzamahanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2024 9:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taliki 16, Gashyantare, 2024, ibendera ry’u Rwanda ryazamuwe mu Kigo ASECNA gishinzwe ingendo zo mu kirere gisanzwe gikorera muri Congo Brazzaville. Ambasaderi Théoneste Murwanashyaka niwe wari uhagariye uyu muhango ku ruhande rw’u Rwanda.

Byabereye mu kigo kitwa Centre Régional pour la Navigation Aérienne (CRNA).

Byabaye nyuma y’uko u Rwanda rwemerewe kuba umunyamuryango w’ikigo gishinzwe umutekano n’ingendo zo mu kirere muri Afurika na Madagascar (Asecna), guhera muri Mutarama, 2024.

Witabiriwe n’abayobozi batandukanye mu nzego za Leta ya Congo harimo Albert MASSOUEME, akaba umuyobozi mukuru w’Ibiro bya Ministiri ufite ingendo z’indege mu nshingano ze.

Hari  kandi na Sergé Florent Dzota uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe indege za gisivili muri Congo Brazzaville.

Uhagarariye iki kigo muri Repubulika ya Congo, Joachim Tchissambou M’Boundou yagarutse ku mateka ya Asecna kuva igitangizwa mu mwaka wa 1959.

Asobanura ko iki kigo cyubakiye ku nkingi eshatu zirimo ubufatanye bw’ibihugu mu guhuriza hamwe ubushobozi  mu  gucunga neza ikirere cyabyo, kugira abakozi bafite ubumenyi buhagije no guhozaho mu guharanira kuba indashyikirwa binyuze mu guhanga udushya.

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Congo, Théoneste Mutsindashyaka yashimiye ubuyobozi bw’iki kigo mu gutegura iki gikorwa kuko kuba u Rwanda rwemerewe kuwujyamo ari iby’agaciro kuri rwo no ku bihugu binyamuryango muri rusange.

Tchissambou M’Boundou yavuze ko intego z’uyu muryanggo ari ukurushaho kunoza serivisi zo mu kirere.

Ni ikigo kireba iby’indege za gisivili gikorera i Brazzaville

Uyu muhango wo kuzamura ibendera ry’u Rwanda mu kigo ASECNA warangijwe n’ubusabane hagati y’abatumirwa.

Amafoto@Kigali Today

TAGGED:featuredIkigoIkirereIndegeMurwanashyaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Shampiyona Ya Basketball: Tigers BBC Yatsinze Espoir BBC
Next Article Tour Du Rwanda Ya 16 Mu Bilometero Byayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?