Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Brice Oligui Nguema Yatorewe Kuyobora Gabon
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Brice Oligui Nguema Yatorewe Kuyobora Gabon

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2025 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu musirikare wahiritse uwahoze uyobora Gabon akaba ari we utegeka, yatowe n’abaturage be ngo akomeze abayobore.

Intsinzi ye iri ku ijanisha rya 90% nk’uko ibyavuye mu majwi by’agateganyo bibyerekana.

Amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu niyo abaturage bagaragarijemo ko bamushyigikiye.

Icyakora abatavuga rumwe nawe bavuga ko yahinduye itegeko nshinga n’amategeko agenda amatora kugira ngo abone uko atsinda.

Abakomeye mu batavuga rumwe nawe bari baramaze gushyirwa ku ruhande kugira ngo batazamubangamira asigara ahanganye n’abakomeye cyane barimo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe Alain Claude Bilie-by-Nze, Stéphane Germain Iloko na Alain Simplice Boungouères.

Agiye kuyobora igihugu cyari kimaze imyaka 60 kiyoborwa n’abo mu muryango wa Bongo kuko kuva Gabon yigenga yayobowe Omar Bongo asimburwa n’umuhungu we Ali Bongo waje kurwara kuyobora bikamunanira.

Umuryango wa Bongo wayoboye Gabon guhera mu mwaka wa 1967.

TAGGED:featuredGabonIgihuguKuyoboraPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Nkubito Yabwiye Abakoresha Imbugankoranyambaga Icyo Bagomba Kurwanira
Next Article BBC Yakoresheje Imvugo ‘Itemewe’ Mu Kuvuga Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?