Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Brice Oligui Nguema Yatorewe Kuyobora Gabon
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Brice Oligui Nguema Yatorewe Kuyobora Gabon

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2025 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu musirikare wahiritse uwahoze uyobora Gabon akaba ari we utegeka, yatowe n’abaturage be ngo akomeze abayobore.

Intsinzi ye iri ku ijanisha rya 90% nk’uko ibyavuye mu majwi by’agateganyo bibyerekana.

Amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu niyo abaturage bagaragarijemo ko bamushyigikiye.

Icyakora abatavuga rumwe nawe bavuga ko yahinduye itegeko nshinga n’amategeko agenda amatora kugira ngo abone uko atsinda.

Abakomeye mu batavuga rumwe nawe bari baramaze gushyirwa ku ruhande kugira ngo batazamubangamira asigara ahanganye n’abakomeye cyane barimo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe Alain Claude Bilie-by-Nze, Stéphane Germain Iloko na Alain Simplice Boungouères.

Agiye kuyobora igihugu cyari kimaze imyaka 60 kiyoborwa n’abo mu muryango wa Bongo kuko kuva Gabon yigenga yayobowe Omar Bongo asimburwa n’umuhungu we Ali Bongo waje kurwara kuyobora bikamunanira.

Umuryango wa Bongo wayoboye Gabon guhera mu mwaka wa 1967.

TAGGED:featuredGabonIgihuguKuyoboraPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Nkubito Yabwiye Abakoresha Imbugankoranyambaga Icyo Bagomba Kurwanira
Next Article BBC Yakoresheje Imvugo ‘Itemewe’ Mu Kuvuga Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?