Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Brice Oligui Nguema Yatorewe Kuyobora Gabon
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Brice Oligui Nguema Yatorewe Kuyobora Gabon

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2025 10:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu musirikare wahiritse uwahoze uyobora Gabon akaba ari we utegeka, yatowe n’abaturage be ngo akomeze abayobore.

Intsinzi ye iri ku ijanisha rya 90% nk’uko ibyavuye mu majwi by’agateganyo bibyerekana.

Amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu niyo abaturage bagaragarijemo ko bamushyigikiye.

Icyakora abatavuga rumwe nawe bavuga ko yahinduye itegeko nshinga n’amategeko agenda amatora kugira ngo abone uko atsinda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abakomeye mu batavuga rumwe nawe bari baramaze gushyirwa ku ruhande kugira ngo batazamubangamira asigara ahanganye n’abakomeye cyane barimo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe Alain Claude Bilie-by-Nze, Stéphane Germain Iloko na Alain Simplice Boungouères.

Agiye kuyobora igihugu cyari kimaze imyaka 60 kiyoborwa n’abo mu muryango wa Bongo kuko kuva Gabon yigenga yayobowe Omar Bongo asimburwa n’umuhungu we Ali Bongo waje kurwara kuyobora bikamunanira.

Umuryango wa Bongo wayoboye Gabon guhera mu mwaka wa 1967.

TAGGED:featuredGabonIgihuguKuyoboraPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Nkubito Yabwiye Abakoresha Imbugankoranyambaga Icyo Bagomba Kurwanira
Next Article BBC Yakoresheje Imvugo ‘Itemewe’ Mu Kuvuga Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?