Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2020 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Itahiwacu Bruce usanzwe azwi ku izina rya Bruce Melodie agiye gusohora indirimbo yise ikinyafu. Yanditse ko izaba irimo ubutumwa buvuga ku mwaka wa 2020. Kuri we umwaka wa 2020 ukwiriye ikinyafu.

N’ubwo atasobanuye impamvu  ariko abantu benshi niba atari bose mu bakuze bazi ko umwaka wa 2020 wabaye ingorabahizi kuko wakomye mu nkokora akazi kose.

Abahanzi bari basanzwe bakora ibitaramo bakinjiza amafaranga bawuhombeyemo ndetse hari n’abafunzwe bazir kudakurikiza amabwiriza agenga kwirinda kiriya cyorezo yatanzwe na za Leta nyinshi ku isi.

Polisi y’u Rwanda yigeze gufunga umuhanzi Bruce Melodie ari kumwe n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga kitwa Shaddy boo. Bombi bari bafashwe batubahirije amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yasabaga Abanyarwanda kuba bageze mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro(7h00pm).

Mbere y’icyo gihe yari yarasohoye indirimbo yise SAA MOYA itaravuzweho rumwe.

Uko bimeze kose umwaka 2020 ukwiriye ikinyafu k’umugani wa Bruce Melodie.

Bombi Polisi yigeze kubacisha ho ‘akanyafu’ kubera kutubahiriza amabwiriza y’Inama y’Abaminisitiri yo kwirinda COVID-19
TAGGED:BruceCOVID-19featuredIkinyafuShaddy boo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro
Next Article Noheli ntishamaje, gutaha ni kare, nta kwishimisha…Ibitekerezo by’abaturage kuri Noheli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?