Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bruce Melodie Yasinyanye Na Kigali Arena Amasezerano Ya Miliyoni 150 Frw
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibyamamare

Bruce Melodie Yasinyanye Na Kigali Arena Amasezerano Ya Miliyoni 150 Frw

Last updated: 15 July 2021 6:20 pm
Share
SHARE

Umuhanzi Bruce Melodie yashyize umukono ku masezerano n’inyubako iberamo ibikorwa bitandukanye, Kigali Arena, akazayibera ambasaderi mu gihe cy’imyaka itatu.

Ni amasezerano afite agaciro kabarirwa muri miliyoni 150 Frw.

Melodie wari uhagarariwe n’ikigo Cloud 9 Entertainment gikurikirana inyungu ze mu muziki, yashyize umukono kuri ayo masezerano na QA Venue Solutions icunga Kigali Arena.

Melodie yatangaje ko kuba abashije gusinya aya masezerano, ari intambwe idasanzwe mu buzima bwe.

Yakomeje ati “Iyi kuri njye ntabwo ari inyubako gusa, ubu ni mu rugo rushya. Tuzagera ku bintu byinshi bikomeye binyuze muri aya masezerano.”

Ndayisaba Lee ucunga inyungu z’uyu muhanzi, we yavuze ko aya masezerano ari indi ntambwe itewe mu gukomeza kugaragaza impano z’abanyarwanda mu rwego rw’ubuhanzi.

Ati “Ntabwo hari inyubako nyinshi zikomeye nka Kigali Arena, kuba rero yadufungurira amarembo ni ikintu gikomeye.”

Muri Gashyantare nibwo byatangajwe ko Bruce Melodie yatangiye gukorana na Ndayisaha nk’umujyanama, nyuma y’imyaka itanu yari amaranye na Kabanda Jean de Dieu.

Melodie yari amaze iminsi ararika abakunzi be ku mbuga nkoranyambaga ko hari ikintu gikomeye yitegura gutangaza.

Ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda ndetse basohora indirimbo nyinshi, ku buryo atajya ava mu matwi y’abakunzi b’umuziki.

TAGGED:Bruce MelodiefeaturedKigali ArenaLeeNdayisaba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafashe ‘Umutekamutwe’ Avuga Ko Afrimax Ari Yo Yatumye Amenyekana
Next Article RwandAir Igiye Gusubukura Ingendo I Lusaka N’I Johannesburg
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Haratutumba Intambara Hagati Ya Chad N’Abarwanyi Bo Muri Sudan

Nigeria Yahaye Amerika Amakuru Yayifashije Kurasa Abahezanguni B’Abisilamu

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?