Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bruce Melodie Yasinyanye Na Kigali Arena Amasezerano Ya Miliyoni 150 Frw
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibyamamare

Bruce Melodie Yasinyanye Na Kigali Arena Amasezerano Ya Miliyoni 150 Frw

Last updated: 15 July 2021 6:20 pm
Share
SHARE

Umuhanzi Bruce Melodie yashyize umukono ku masezerano n’inyubako iberamo ibikorwa bitandukanye, Kigali Arena, akazayibera ambasaderi mu gihe cy’imyaka itatu.

Ni amasezerano afite agaciro kabarirwa muri miliyoni 150 Frw.

Melodie wari uhagarariwe n’ikigo Cloud 9 Entertainment gikurikirana inyungu ze mu muziki, yashyize umukono kuri ayo masezerano na QA Venue Solutions icunga Kigali Arena.

Melodie yatangaje ko kuba abashije gusinya aya masezerano, ari intambwe idasanzwe mu buzima bwe.

Yakomeje ati “Iyi kuri njye ntabwo ari inyubako gusa, ubu ni mu rugo rushya. Tuzagera ku bintu byinshi bikomeye binyuze muri aya masezerano.”

Ndayisaba Lee ucunga inyungu z’uyu muhanzi, we yavuze ko aya masezerano ari indi ntambwe itewe mu gukomeza kugaragaza impano z’abanyarwanda mu rwego rw’ubuhanzi.

Ati “Ntabwo hari inyubako nyinshi zikomeye nka Kigali Arena, kuba rero yadufungurira amarembo ni ikintu gikomeye.”

Muri Gashyantare nibwo byatangajwe ko Bruce Melodie yatangiye gukorana na Ndayisaha nk’umujyanama, nyuma y’imyaka itanu yari amaranye na Kabanda Jean de Dieu.

Melodie yari amaze iminsi ararika abakunzi be ku mbuga nkoranyambaga ko hari ikintu gikomeye yitegura gutangaza.

Ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda ndetse basohora indirimbo nyinshi, ku buryo atajya ava mu matwi y’abakunzi b’umuziki.

TAGGED:Bruce MelodiefeaturedKigali ArenaLeeNdayisaba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafashe ‘Umutekamutwe’ Avuga Ko Afrimax Ari Yo Yatumye Amenyekana
Next Article RwandAir Igiye Gusubukura Ingendo I Lusaka N’I Johannesburg
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?