Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bugesera: Bamaze Iminsi Baboheye Inyuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bugesera: Bamaze Iminsi Baboheye Inyuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 October 2023 8:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Mayange haravugwa inkuru y’abantu itangazamakuru ryasanze mu rugo rw’umuntu bivugwa ko ari umuvuzi wa gakondo baboheye amaboko inyuma n’amaguru nayo aziritse ku nkingi ziteye ahantu hagari hasa no mu ruganiriro rwo mu giturage.

Bagenzi bacu ba BTN baganiriye n’umwe mu bahazirikiye avuga ko bamuboshye ‘bavuga ko arwaye mu mutwe’ ariko we ngo yumva mu mutwe ari hazima.

Abajijwe impamvu bamuzirika yagize ati: “ Ntabwo nyizi ariko bo numva bavuga ko ndwaye mu mutwe ariko njye mba numva mu mutwe ari hazima.”

Avuga ko  mbere bari baramuziritse imigozi y’imbere n’inyuma ariko ngo ubwo itangazamakuru ryamugeragaho bari barangije kumukuraho imigozi y’inyuma.

Muri Video yerekana iby’iki kibazo, harimo umugore uvuga ko yahisemo kuzana umuntu aho bamusanze kugira ngo bamuzirike kuko ngo yahoraga agenda kandi nta mbaraga afite zo kumwirukaho.

Uwo mugore yagize ati: “ Ngeze hano rero ndavuga nti aho kugira ngo ahore agenda kandi nta mbaraga mfite zo kumwirukankaho, hanyuma ndavuga nti nimumpe ikintu muhambiriye byibuze nk’iminsi ibiri wenda biraba bituje.”

Taarifa iracyagerageza kuvugana n’ubuyobozi mu Karere ka Bugesera, bwaba ubwa Polisi cyangwa ubw’inzego z’ibanze a ngo bagire icyo batubwira kuri iki kibazo ariko ntacyo baradutangariza gifatika.

Bamwe ngo ntibabizi, abandi telefoni zanditse ku rubuga rw’Akarere ko bayobora Umurenge wa Mayange ntizicamo ndetse bamwe bahawe izindi nshingano mu yindi mirenge.

TAGGED:AbaturageBugeserafeaturedMayange
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwafunguye Ishuri Rikomeye Mu Buvuzi
Next Article Min Biruta Muri Brazil Mu Ruzinduko Rw’Amateka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?