Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burera: Bahawe Telefoni Za 4G Za Airtel Basabwa Kuzikoresha Biteza Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Burera: Bahawe Telefoni Za 4G Za Airtel Basabwa Kuzikoresha Biteza Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 November 2023 3:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru ndetse n’ubwa Airtel Rwanda bwahaye abatuye Akagari ka Rusumo, Umurenge wa Butaro telefoni zifite murandasi yihuta ya 4G kugira ngo zizabafashe guhanahana amakuru y’ahari imari ndetse no kwamagana abarwanya u Rwanda.

Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yasabye abatuye kariya gace gaturiye umupaka ko bakwiye kwirinda kuzazigurisha muri Uganda kuko ari igice baturanye.

Abatuye uyu murenge bavuga ko iriya telefoni izabafasha kumenya amakuru y’ibibera ahandi kandi bagahanahana amakuru y’ahari iterambere kurusha ahandi, ahari ibiciro by’imyaka nk’ibirayi n’ibindi bakeneye mu kwiteza imbere.

Bapfakurera avuga ko yari asanzwe yumva bavuga ko hari telefoni zigezweho zigura Frw 20,000 ariko akumva ko ari iz’abanya Kigali gusa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Ndashima ko Airtel yavuye i Kigali ikaza inaha kuduha izi telefoni zizadushoboza kumenya ibibera hirya no hino ku isi. Nibazaga uko zizangeraho kuko numvaga ari iz’abanya Kigali.”

Umuyobozi wa Airtel Rwanda Emmanuel Hammez yavuze ko iriya telefoni izazana na murandasi ya make kandi nyinshi k’uburyo nta muntu uzavuga ko yabuze iyo gukoresha.

Avuga ko gahunda yo kugeza ziriya telefoni hirya no hino mu Rwanda igikomeje kandi ko ikigo ayoboye gishaka ko mu mwaka wa 2024 abantu barenga miliyoni bazaba bafite murandasi y’igisekuru cya kane( 4G).

Ubwo telefoni zo muri ubu bwoko zatangiraga gutangwa rwagati mu Ukwakira, 2023, Minisiteri y’ikoranabuhanga na Inovasiyo yavuze ko gahunda ihari ari uko buri  Munyarwanda akoresha ikoranabuhanga mu mibereho ye ya buri munsi.

 

- Advertisement -
TAGGED:BurerafeaturedMurandasiRwandatelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Irasaba Ubworoherane Mu Muhanda
Next Article Kagame Yibutsa Abashoramari Mpuzamahanga Ko Afurika Ntacyo Ibuze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?