Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burera: Yagiye Kurohora Umugore We Bose Amazi Arabica
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Burera: Yagiye Kurohora Umugore We Bose Amazi Arabica

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 April 2023 10:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Kinyababa hari amakuru y’umugabo n’umugore we baraye batwawe n’amazi kugeza bakaba baburiwe irengero ubu ntibaraboneka. Umugabo yabonye umugore we arohamye, ajya kumurohora, ariko nawe amazi arabatwarana, imirambo yabo yari itaraboneka ubwo twandikaga iyi nkuru.

Mu Ntara y’Amajyaruguru ndetse n’ibice bimwe by’Intara y’i Burengerazuba haraye haguye imvura nyinshi yatumye amazi amanuka mu birunga aba menshi k’uburyo yafunze imwe mu mihanda yari isanzwe ari nyabagendwa.

Abaturage bavuga ko amazi y’umugezi witwa Kabwa ari wo wuzuye umena mu nkengero  amazi ahitana uwo mugabo n’uwo mugore .

Iby’iki cyago byabaye ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba ushyira saa kumi n’ebyiri, bibera mu  Kagari ka Bugamba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Akagezi ka Kabwa kagabanya imidugudu ya Musaga na Karambo.

Abaturage bavuga ko abo amazi y’uriya mugezi yatwaye ari Claudine Ingabire n’umugabo we witwa Maniriho.

Umugabo yatwawe n’amazi ubwo yari agiye kurohora umugore we, bose barajyana.

Amakuru avuga ko bari barasuhukiye muri Burera gupagasa kandi bari bafitanye abana batatu.

Basanzwe bakomoka muri Nyabihu mu Murenge wa Kabatwa.

- Advertisement -

Ubwo Taarifa yandikaga iyi nkuru, imirambo ya bombi yari itaraboneka.

TAGGED:AmaziBurerafeaturedImvuraNyabihuUmugezi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mibare: Uko Ubuhinzi N’Ubworozi Bihagaze Mu Rwanda
Next Article Igabanuka Ry’Ibiciro Bya Petelori ‘Ntirivuze’ Iry’Ibiciro Ku Isoko- Umuhanga Teddy Kaberuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?