Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi Ntibushaka Urukingo Rwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi Ntibushaka Urukingo Rwa COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 February 2021 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ubuzima mu Burundi Bwana Thaddee Ndikumana avuga ko igihugu cye kidakeneye inkingo z’icyorezo COVID-19 kuko abenshi mu bacyandura bahita bakira kandi ngo ‘kwirinda biruta kwivuza.’

U Burundi bubaye igihugu cya kabiri muri Afurika kivuze ko kidakeneye inkingo za COVID-19 nyuma ya Tanzania.

Ubutegetsi bw’i Gitega butangaje ibi mu gihe Afurika iri gupfusha abaturage benshi kubera ingufu COVID-19 yadukanye muri iyi minsi.

Nta gihe kinini gishize Ibiro by’Umukuru w’u Burundi bisabye ababikoramo bose kujya baza mu kazi bambaye neza agapfukamunwa.

Minisitiri Ndikumana yavuze ko 95% by’Abarundi bandura COVID-19 bateremba kandi bagakira vuba.

Ati: “ Kubera iyi mpamvu dusanga bitari ngombwa ko dutumiza inkingo za COVID-19.”

Iki gihugu giherutse gufunga imipaka yacyo cyane cyane iyo mu mazi no ku butaka.

Kugeza ubu abantu 1600 nibo byemezwa ko banduye COVID-19.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye aherutse kuvuga ko Imana yahannye Abarundi kuko hari bamwe muri bo barya ruswa bagahemukira abandi.

Yabivuze ubwo yari yateranye muri Misa, asaba abaturage kwirinda ubuhemu n’ikindi cyatuma Imana ibarakarira.

Minisitiri w’ubuzima mu Burundi Bwana Thaddee Ndikumana

Ivomo: ABC News

TAGGED:BurundiCOVID-19featuredNdayishimiyeNdikumanaUrukingo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara ya Diyama Hagati Y’Abafaransa n’Abarusiya Muri Centrafrique
Next Article Gen Muhoozi Yamuritse Ikibumbano Ndangamateka Cya Se Museveni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?