Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Cameroon: Indege Itwaye Abagenzi Yakoreye Impanuka Mu Ishyamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Cameroon: Indege Itwaye Abagenzi Yakoreye Impanuka Mu Ishyamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2022 10:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imwe mu ndege yari ihagurutse hafi ya Yaoundé muri Cameroun yakoreye impanuka mu ishyamba  riri hafi aho. Bivugwa ko yari irimo abantu 11 kandi bose bashobora kuba bahasize ubuzima.

Iby’impanuka y’iriya ndege byatangajwe bwa mbere na Minisiteri y’ubwikorezi.

Amakuru avuga ko ubwo iriya ndege yari imaze gufata ikirere, yaje gutakaza itumanaho yari ifitanye n’abayiyobora bituma umupiloti ayigusha mu ishyamba  riri hafi aho.

Iri shyamba riherereye ahitwa Nanga Eboko mu bilometero 150 uturutse Yaoundé.

Ni  indege y’ikigo cy’ubwikorezi kitwa the Cameroon Oil Transportation Company (COTCO) gisanzwe cyarashoye mu by’ubucukuzi bw’ibikomoka  kuri petelori bimwe bicukurwa muri Chad.

Anadolu Agency yanditse ko iriya ndege yavaga ku kibuga cy’indege cya Yaoundé-Nsimalen igana ahitwa  Belabo mu Burasirazuba bwa Camaron.

Cameroun yigeze kubera mo impanuka y’indege yahitanye abantu 114 icyarimwe

Impanuka ikomeye kuri uru rwego yaherukaga kubera muri Cameroon mu mwaka wa 2007 ubwo indege ya Kenya Airways yahakoreraga impanuka igahitana abantu 114.

Icyo gihe iriya ndege yiteguraga kugwa ku kibuga cy’indege cya Douala.

Iperereza ryakozwe nyuma y’iriya mpanuka ryerekanye ko yatewe n’ikosa ry’umupilote.

 

TAGGED:CameronfeaturedImpanukaIndege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza
Next Article Ibiciro ‘Bizakomeza’ Kuzamuka: BNR
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?