Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CHAN: Kagame Yasabye Amavubi Kuza Gukinana Umurava n’Umutima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

CHAN: Kagame Yasabye Amavubi Kuza Gukinana Umurava n’Umutima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2021 1:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yasabye abakinnyi b’Amavubi kuza gukinana umutima n’umurava mu mukino bari bukine na Togo, bakawutsinda. Minisitiri wa Sports n’Umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa niwe wabagijeje ho ubutumwa bwa Perezida Kagame.

Amavubi ari bukine n’Uduca twa Togo mu mukino uri bubere i Limbé muri Cameroun, ukaza kuba saa tatu z’ijoro(9h00 pm) ku isaha y’i Kigali.

Imikino Amavubi yakinnye yombi yarayanganyije 0-0. Umukino wa mbere yawukinnye na Uganda, uwa kabiri awukina na Marocco.

Abakurikiranira hafi imikinire y’Amavubi bibaza niba aramutse atsinzwe igitego yashobora kukigombora, bakabishingira ku ngingo y’uko akunze gukina asa n’agamije kwihagararaho gusa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu mukino wo kuri uyu wa Kabiri, Amavubi arakina atari kumwe n’abakinnyi nka Bertrand Iradukunda na Eric Nsabimana bita Zidane.

Muri 2016, Perezida Kagame yigeze guha impanuro Amavubi ubwo yiteguraga gukina n’Ikipe ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mukino wa 1/4 wa CHAN.

Icyo gihe Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abakinnyi b’u Rwanda ko igihugu cyose kibari inyuma kandi ko bagomba kwizera kandi bagakoresha ubushobozi bwabo bagatsinda Congo.

Yari yabatumiye muri Village Urugwiro abibutsa ko bagomba kumenya ko bahagarariye Abanyarwanda bose bityo bagakoresha imbaraga zabo zose baba banatsinzwe bakaba ntacyo batagize.

Ubutumwa babugejejwe na Minisitiri wa Siporo n’Umuco Mimosa Aurore Munyangaju
TAGGED:AmavubiCamerounfeaturedKagameTogoUduca
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakuru Ba EAC ‘Bazaterana’ Bige Ibyerekeye Itorwa Ry’Umunyamabanga Mukuru
Next Article Uganda: Abasirikare Bari Barahejeje Bobi Wine Iwe Bahavuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?