Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2025 1:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Chris Brown ni umwe mu bahanzi bakomeye ku isi.
SHARE

Umunyamerika wamamaye ku isi kubera umuziki witwa Chris Brown yarafunzwe akurikiranyweho gukubita umuntu icupa akamukomeretsa.

Icyo cyaha yagikoreye mu Bwongereza mu mwaka wa 2023, afungwa kuri uyu wa Kane tariki 15, Gicurasi, 2025.

Yafatiwe mu Bwongereza ari muri hoteli yo mu Mujyi wa Manchester.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo aza kugezwa mu rukiko nk’uko byatangajwe na Polisi yo mu Bwongereza aho yakoreye icyo cyaha.

Ubushinjacyaha bwo mu Majyaruguru ya London nibwo bwahaye Polisi uburenganzira bwo gufata uwo Munyamerika wamamaye ku isi mu kuririmba no kubyina indirimo zo mu bwoko bwa R&B

Ikinyamakuru The Sun cyatangaje ko uyu muririmbyi yageze ku kibuga cy’indege cy’i Manchester mu ndege ye yihariye, ku wa Gatatu nyuma ya saa sita z’amanywa.

TAGGED:GukubitaIcupa. UbwongerezaKwitabaUmuhanziUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe
Next Article Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Davido Yashyizwe Mu Kigo Gitegura Grammy Awards

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruIbyamamareImyidagaduro

Trivia Elle Muhoza Yabaye Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?