Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2025 1:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Chris Brown ni umwe mu bahanzi bakomeye ku isi.
SHARE

Umunyamerika wamamaye ku isi kubera umuziki witwa Chris Brown yarafunzwe akurikiranyweho gukubita umuntu icupa akamukomeretsa.

Icyo cyaha yagikoreye mu Bwongereza mu mwaka wa 2023, afungwa kuri uyu wa Kane tariki 15, Gicurasi, 2025.

Yafatiwe mu Bwongereza ari muri hoteli yo mu Mujyi wa Manchester.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo aza kugezwa mu rukiko nk’uko byatangajwe na Polisi yo mu Bwongereza aho yakoreye icyo cyaha.

Ubushinjacyaha bwo mu Majyaruguru ya London nibwo bwahaye Polisi uburenganzira bwo gufata uwo Munyamerika wamamaye ku isi mu kuririmba no kubyina indirimo zo mu bwoko bwa R&B

Ikinyamakuru The Sun cyatangaje ko uyu muririmbyi yageze ku kibuga cy’indege cy’i Manchester mu ndege ye yihariye, ku wa Gatatu nyuma ya saa sita z’amanywa.

TAGGED:GukubitaIcupa. UbwongerezaKwitabaUmuhanziUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe
Next Article Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu RwandaPolitiki

Kuri Kagame Afurika Ntikwiye Gukena

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?