Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Col Makanika N’Abarwanyi Be Biyise ‘Twigwaneho’ Bakubiswe Inshuro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Col Makanika N’Abarwanyi Be Biyise ‘Twigwaneho’ Bakubiswe Inshuro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2021 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Repubulika ya Demukarasi yatangaje ku  Cyumweru tariki 15, Kanama, 2021 yirukanye uruhenu abarwanyi ba Col Makanika wahoze mu ngabo za kiriya gihugu akaza kuzivanamo akaba inyeshyamba.

Uyu musirikare yari amaze umwaka yarigometse. Ubusanzwe yitwa Col Michel Rukunda bise Makanika.

Agace Makanika yari yarashinzemo ibirindiro kitwa Kamombo niko ingabo za DRC ziherutse kwigarurira nyuma y’intambara itaramaze igihe kinini.

Ikigo gikora ubushakashatsi ku mitwe y’iterabwoba ikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo kitwa Baromètre sécuritaire du Kivu ivuga ko ku ruhande rw’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo hapfuye abasirikare icyenda n’aho ku ruhande rw’abarwanyi hapfa abagera kuri 12.

Yari afite agace yashinzwemo ibirindiro

Col Makanika yigeze kubwira BBC ko yahoze mu ngabo za Leta azivamo atorotsE, avuga ko agiye kurwanira abo mu bwoko bwe bw’Abanyamulenge.

Icyo gihe nabwo yari ahitwa Kamombo muri Teritwari ya Fizi.

Byabanje kuvugwa ko yayoboraga Umutwe w’abarwanyi witwa Gumino ariko we akabihakana, ahubwo acyemeza ko ari kumwe ‘n’abasivili bafashe imbunda’ ngo baharanire uburenganzira bwo kubaho.

TAGGED:BBCColCongofeaturedIngaboMakanika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwandakazi Ari Mu Bahataniye Igihembo Cya Miliyoni $1.5
Next Article Amerika Yahaye u Rwanda Inkingo Ibihumbi 490 Za Pfizer
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?