Coup D’Etat Iravugwa Muri Niger

Amakuru atangazwa na Reuters avuga ko hari abasirikare bari basanzwe barinda Perezida wa Niger witwa Mohamed Bazoum bamufungiye mu Biro by’Umukuru w’igihugu.

Ikindi kivugwa ni uko imihanda yose igana ku Biro bya Perezida wa Niger byagoswe n’imodoka za gisirikare.

Ku rundi ruhande, hari amakuru ko mu barinda Umukuru w’igihugu cya Niger hacitsemo ibice, bamwe bakaba bashaka kujya kubohoza Perezida Bazoum wafashwe.

Ibi kandi ngo ni igitekerezo cu’abandi basirikare muri Niger.

- Advertisement -

Ni inkuru tugikurikirana…

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version