Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Diamond Aranugwanugwa Kugaruka i Kigali Mu Gitaramo Kirangiza Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Diamond Aranugwanugwa Kugaruka i Kigali Mu Gitaramo Kirangiza Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 November 2022 9:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru hanze aha aravuga ko Nasibu Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz  akaba ari umuhanzi ukomoka muri Tanzania  azataramira abatuye Umujyi wa Kigali taliki 23, Ukuboza, 2022

Ni mu gitaramo kiswe People Concert.

Uyu mugabo uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika aheruka  i Kigali mu mwaka wa 2019, ubwo hasozagwa iserukiramuco rya Iwacu Muzika Festival.

Ku byerekeye igitaramo azakora mu mpera z’umwaka wa 2022, nta makuru y’aho kizabera aratangazwa ndetse n’ibiciro by’amatike y’abazacyitabira ntibiratangazwa.

Abateguye iki gitaramo banditse ku mbuga nkoranyambaga ko umuntu uzafindura umuhanzi kizigenza uzasusurutsa abazitabira kiriya gitaramo, azahabwa itiki y’ikirenga mu mwanya y’icyubahiro, iyo bita ‘VVIP’.

Ntiberura ngo bavuge uwo muhanzi uzaza gutaramira Abanyarwanda mu mpera z’uyu mwaka  uwo ari we, ariko itangazamakuru rifite ibihamya by’uko nta wundi utari Diamond Platnumz.

East Gold Entertainment niyo iherutse gutumira umunyarwanda The Ben usigaye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu gitaramo cyabereye muri BK Arena, igitaramo cya Rwanda Rebirth Concert.

Mu mpera z’umwaka wa 2022 kandi hari undi muhanzi witwa Joeboy wo muri Nigeria nawe uzataramira Abanyarwanda Taliki 03, Ukuboza, 2022.

TAGGED:AbanyarwandaDiamondfeaturedIgitaramoTanzaniaUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gutsinda Argentine Byatumye Arabie Saoudite Ikoresha Umunsi Mukuru
Next Article Israel Yibasiwe N’Ibitero By’Iterabwoba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?