Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Diamond Aranugwanugwa Kugaruka i Kigali Mu Gitaramo Kirangiza Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Diamond Aranugwanugwa Kugaruka i Kigali Mu Gitaramo Kirangiza Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 November 2022 9:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru hanze aha aravuga ko Nasibu Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz  akaba ari umuhanzi ukomoka muri Tanzania  azataramira abatuye Umujyi wa Kigali taliki 23, Ukuboza, 2022

Ni mu gitaramo kiswe People Concert.

Uyu mugabo uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika aheruka  i Kigali mu mwaka wa 2019, ubwo hasozagwa iserukiramuco rya Iwacu Muzika Festival.

Ku byerekeye igitaramo azakora mu mpera z’umwaka wa 2022, nta makuru y’aho kizabera aratangazwa ndetse n’ibiciro by’amatike y’abazacyitabira ntibiratangazwa.

Abateguye iki gitaramo banditse ku mbuga nkoranyambaga ko umuntu uzafindura umuhanzi kizigenza uzasusurutsa abazitabira kiriya gitaramo, azahabwa itiki y’ikirenga mu mwanya y’icyubahiro, iyo bita ‘VVIP’.

Ntiberura ngo bavuge uwo muhanzi uzaza gutaramira Abanyarwanda mu mpera z’uyu mwaka  uwo ari we, ariko itangazamakuru rifite ibihamya by’uko nta wundi utari Diamond Platnumz.

East Gold Entertainment niyo iherutse gutumira umunyarwanda The Ben usigaye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu gitaramo cyabereye muri BK Arena, igitaramo cya Rwanda Rebirth Concert.

Mu mpera z’umwaka wa 2022 kandi hari undi muhanzi witwa Joeboy wo muri Nigeria nawe uzataramira Abanyarwanda Taliki 03, Ukuboza, 2022.

TAGGED:AbanyarwandaDiamondfeaturedIgitaramoTanzaniaUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gutsinda Argentine Byatumye Arabie Saoudite Ikoresha Umunsi Mukuru
Next Article Israel Yibasiwe N’Ibitero By’Iterabwoba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?