Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abantu 43 Bishwe N’Inyeshyamba Zo Muri Uganda 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 43 Bishwe N’Inyeshyamba Zo Muri Uganda 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2025 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inyeshyamba za ADF ziravugwaho kwica abantu 43 zibasanze ahitwa Komanda mu Ntara ya Ituri.

Itangazamakuru ryo muri DRC rivuga ko abenshi muribo bicishijwe intwaro gakondo, ubwo bari ahantu basenga.

Ababibonye bavuga ko abo bantu bishwe batunguwe n’abantu baje babasanze basengera muri imwe muri Kiliziya iri hafi aho.

Abarwanyi ba ADF kandi bavugwaho gushumika inyubako abo bantu basengeragamo, bizamura umubare w’abahaguye.

Abaturanyi bavuze ko bazindukiye kuri iyo nkuru ibabaje, bajya kureba niba hari abantu baba bagihumeka ngo babatabare cyangwa babatabarize.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, ibikorwa byose by’aho hantu byahagaritswe, Radio Okapi ikandika ko abo barwanyi bahise bahungira ahitwa Boqi, mu bilometero 12 uvuye aho abo bantu baguye.

Polisi n’ingabo za DRC hamwe n’iza Uganda bahuruye ngo barebe uko batuma abaturage bongera gutekana.

Hagati aho ariko, amakuru avuga ko abatuye aha hantu bari bamaze igihe batekanye ndetse abenshi bari baragarutse mu byabo nyuma yo kumva ho iwabo hatekanye.

TAGGED:AbarwanyiAbaturageCongoInyeshyamba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwandakazi Yegukanye Umudali Wa Karate Muri Shampiyona Ya Afurika 
Next Article Côte d’Ivoire: Ikipe Y’Igihugu Ya Basketball Y’Abagore Yitwaye Nabi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?