Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abantu 43 Bishwe N’Inyeshyamba Zo Muri Uganda 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 43 Bishwe N’Inyeshyamba Zo Muri Uganda 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2025 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inyeshyamba za ADF ziravugwaho kwica abantu 43 zibasanze ahitwa Komanda mu Ntara ya Ituri.

Itangazamakuru ryo muri DRC rivuga ko abenshi muribo bicishijwe intwaro gakondo, ubwo bari ahantu basenga.

Ababibonye bavuga ko abo bantu bishwe batunguwe n’abantu baje babasanze basengera muri imwe muri Kiliziya iri hafi aho.

Abarwanyi ba ADF kandi bavugwaho gushumika inyubako abo bantu basengeragamo, bizamura umubare w’abahaguye.

Abaturanyi bavuze ko bazindukiye kuri iyo nkuru ibabaje, bajya kureba niba hari abantu baba bagihumeka ngo babatabare cyangwa babatabarize.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, ibikorwa byose by’aho hantu byahagaritswe, Radio Okapi ikandika ko abo barwanyi bahise bahungira ahitwa Boqi, mu bilometero 12 uvuye aho abo bantu baguye.

Polisi n’ingabo za DRC hamwe n’iza Uganda bahuruye ngo barebe uko batuma abaturage bongera gutekana.

Hagati aho ariko, amakuru avuga ko abatuye aha hantu bari bamaze igihe batekanye ndetse abenshi bari baragarutse mu byabo nyuma yo kumva ho iwabo hatekanye.

TAGGED:AbarwanyiAbaturageCongoInyeshyamba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwandakazi Yegukanye Umudali Wa Karate Muri Shampiyona Ya Afurika 
Next Article Côte d’Ivoire: Ikipe Y’Igihugu Ya Basketball Y’Abagore Yitwaye Nabi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?