Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Barindwi Baguye Mu Mubyigano Wabereye Mu Gitaramo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu mahanga

DRC: Barindwi Baguye Mu Mubyigano Wabereye Mu Gitaramo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 July 2024 10:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo umwe mu bapasiteri ukomeye kandi uririmbira Imana witwa Mike Kalambayi yakoreshaga igitaramo abantu bakuzura umwuka wera, baje gukandagirana hapfamo barindwi.

Radio na Televiziyo bya Repubulika ya Demukarasi ya Congo nibyo byabitangaje mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, bikavuga ko igitaramo cya Kalambanyi cyabereye kuri stade yitwa stade des Martyrs iri mu Murwa mukuru Kinshasa.

Imirambo yabahaguye yajyanywe mu bitaro bya Vijana biri muri Komini ya Lingwala n’aho abakomeretse bajyanwa mu bitaro kureba ko bakwitabwaho bagakira bitarakomera.

Ubuyobozi buvuga ko hatangijwe iperereza ryimbitse ngo hamenyekane byinshi ku byaba byateye izo ntugunda zaguyemo abo bantu bose.

Stade des Martyrs ni stade nini cyane kuko ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 80,000.

Stade des Martyrs

Bamwe mu baturage babwiye Radio Okapi ko yari yakubise yuzuye abantu baje kumva umuziki n’ubutumwa bw’uwo muhanzi ukunzwe cyane muri iki gihugu kiri mu bituwe n’abaturage benshi muri Afurika.

Iki gihugu gituwe n’abantu 105.061.492.

Ubwo iki gitaramo cyabaga, iriya stade yose yari yuzuye ndetse abantu bikubuye barataha kubera kubura aho bicara.

Mu mwaka wa 2023 hari mu Ugushyingo, nabwo abantu 11 barapfuye ubwo babyiganaga bagiye mu gitaramo cya Fally Ipupa.

TAGGED:ImanaIndirimboPasiteriUmuhanziUmuvundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nel Ngabo Yishimira Aho Ageze Akorana Na Bagenzi Be
Next Article DRC Mu Ihurizo Ryo Kumenya Abo Izemerera Gucukura Petelori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?