Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2025 9:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kisangani ni Umurwa mukuru w'Intara ya Tshopo,
SHARE

Mu rwego rwo kurema agatima abaturage, ubuyobozi bw’Intara ya Tshopo ari naho umujyi wa Kisangani uherereye bwateranyye bubasaba kudakurwa umutima n’amakuru y’uko M23 iri kubasatira.

Bwabasabye ahubwo guhaguruka bagahuza imbaraga bakazayikoma imbere.

Si ibyo gusa ahubwo, bwasabye urubyiruko gukorana n’ubuyobozi mu bya gisirikare rukubaka amatsinda azahangana n’abo barwanyi bamaze iminsi bashushubikanya ingabo z’iki gihugu muri Kivu zombi.

Guverineri w’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yibukije abari mu nama yaganiririwemo iby’iki kibazo, ko M23 itifuzwa mu gace batuyemo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Londimo yabwiye abatuye Kisangani ko kunga ubumwe ari byo bizabafasha mu guhangana n’ababateye, ntibakurwe umutima n’iby’uko M23 iri kubasatira, ahubwo bagakomeza gukora ku buryo itazabona aho imenera.

Yabasabye kurenza ingohe ibivugirwa ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bagatega amatwi inama bahabwa n’abayobozi babo zirimo n’uburyo bwiza bwo guhangana n’abo barwanyi.

TAGGED:AbaturageIntambaraIntaraKisanganiM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Mushya Wa RIB Yashimye Akazi Kakozwe N’Uwo Asimbuye
Next Article Umutoza Nyinawumuntu Agiye Gutoza Ikipe Y’Abana Muri Canada
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?