Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2025 9:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kisangani ni Umurwa mukuru w'Intara ya Tshopo,
SHARE

Mu rwego rwo kurema agatima abaturage, ubuyobozi bw’Intara ya Tshopo ari naho umujyi wa Kisangani uherereye bwateranyye bubasaba kudakurwa umutima n’amakuru y’uko M23 iri kubasatira.

Bwabasabye ahubwo guhaguruka bagahuza imbaraga bakazayikoma imbere.

Si ibyo gusa ahubwo, bwasabye urubyiruko gukorana n’ubuyobozi mu bya gisirikare rukubaka amatsinda azahangana n’abo barwanyi bamaze iminsi bashushubikanya ingabo z’iki gihugu muri Kivu zombi.

Guverineri w’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yibukije abari mu nama yaganiririwemo iby’iki kibazo, ko M23 itifuzwa mu gace batuyemo.

Londimo yabwiye abatuye Kisangani ko kunga ubumwe ari byo bizabafasha mu guhangana n’ababateye, ntibakurwe umutima n’iby’uko M23 iri kubasatira, ahubwo bagakomeza gukora ku buryo itazabona aho imenera.

Yabasabye kurenza ingohe ibivugirwa ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bagatega amatwi inama bahabwa n’abayobozi babo zirimo n’uburyo bwiza bwo guhangana n’abo barwanyi.

TAGGED:AbaturageIntambaraIntaraKisanganiM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Mushya Wa RIB Yashimye Akazi Kakozwe N’Uwo Asimbuye
Next Article Umutoza Nyinawumuntu Agiye Gutoza Ikipe Y’Abana Muri Canada
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?