Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC: I Kisangani Batewe Ubwoba N’Uko M23 Iri Hafi Kuhasesekara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2025 9:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kisangani ni Umurwa mukuru w'Intara ya Tshopo,
SHARE

Mu rwego rwo kurema agatima abaturage, ubuyobozi bw’Intara ya Tshopo ari naho umujyi wa Kisangani uherereye bwateranyye bubasaba kudakurwa umutima n’amakuru y’uko M23 iri kubasatira.

Bwabasabye ahubwo guhaguruka bagahuza imbaraga bakazayikoma imbere.

Si ibyo gusa ahubwo, bwasabye urubyiruko gukorana n’ubuyobozi mu bya gisirikare rukubaka amatsinda azahangana n’abo barwanyi bamaze iminsi bashushubikanya ingabo z’iki gihugu muri Kivu zombi.

Guverineri w’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yibukije abari mu nama yaganiririwemo iby’iki kibazo, ko M23 itifuzwa mu gace batuyemo.

Londimo yabwiye abatuye Kisangani ko kunga ubumwe ari byo bizabafasha mu guhangana n’ababateye, ntibakurwe umutima n’iby’uko M23 iri kubasatira, ahubwo bagakomeza gukora ku buryo itazabona aho imenera.

Yabasabye kurenza ingohe ibivugirwa ku mbuga nkoranyambaga, ahubwo bagatega amatwi inama bahabwa n’abayobozi babo zirimo n’uburyo bwiza bwo guhangana n’abo barwanyi.

TAGGED:AbaturageIntambaraIntaraKisanganiM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Mushya Wa RIB Yashimye Akazi Kakozwe N’Uwo Asimbuye
Next Article Umutoza Nyinawumuntu Agiye Gutoza Ikipe Y’Abana Muri Canada
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?