Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Irashaka Kubaka Uruganda Runini Rutunganya Zahabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Irashaka Kubaka Uruganda Runini Rutunganya Zahabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2023 11:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagize itsinda ry’uruganda rucukura zahabu yo muri Repubulika ya Congo rwitwa Primera Gold DRC SA baherutse gusaba abashoramari bo muri Leta ziyunze z’Abarabu kubafasha kubaka uruganda rwujuje ibisabwa rwo gutunganya zahabu.

Bavuga ko bidakwiye ko igihugu nka DRC gifite zahabu nyinshi kibaho kitagira uruganda ruyitunganya.

Umuyobozi w’iri tsinda witwa Vagheni Pay Pay yabwiye abashoramari bo muri Leta ziyunze z’Abarabu ko biteguye gucukura zahabu ihagije kugira ngo uruganda niruboneka rutazabura umusaruro uruhagije.

Ibyo we na bagenzi be babibwiraga abashoramari bo mu kigo gitunganya zahabu cyo muri kiriya gihugu kitwa Auric Hub Ltd kiba Abu Dhabi.

Bashimye  uko basanze uruganda rwo muri kiriya gihugu rukora mu gutunganya zahabu.

Ikigo cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo gicukura kikanatunganya zahabu Primera Gold DRC SA kivuga ko guhera muri Mutarama, 2023 kimaze kohereza hanze toni 2 za zahabu.

Impande zombi zaganiriye kuri iyi ngingo( Ifoto@Radio Okapi)
TAGGED:DRCfeaturedIkigoUrugandaZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagore Bo Mu Mahanga Bageze i Kigali Mu Nama Ibateganyirijwe
Next Article FPR Yabwiye Urubyiruko Amavuko Yayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?