Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Mukwege Na Fayulu Barashaka Ko Amatora Asubirwamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Mukwege Na Fayulu Barashaka Ko Amatora Asubirwamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2023 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu itangazo abakandida bigenga batavuga rumwe na Leta basohoreye hamwe, batangaje ko hari ibigomba gukorwa kugira ngo amatora asubirwemo, yongere akorwe. Abakomeye mu basohoye iri tangazo ni Martin Fayulu na Dr. Denis Mukwege.

Abandi ni Floribert Anzuluni, Nkema Lilo na Théodore Ngoyi.

Aba ni abanyapolitiki batanu mu bandi 19 bayamamaje bakaba bategereje kuzareba ibizayavamo.

Abo banyapolitiki bavuga ko abayobozi  ba CENI (Commission électorale nationale indépendante ) badashoboye kubera ko ngo n’ibyo bakora bidateganywa n’itegeko nshinga.

Kandi ngo bityo nta bushobozi bafite bwo gutegura andi matora.

Abo banyapoliti bavuga ko kugira ngo ibintu bisubirwemo ari ngombwa ko isubirwamo ry’amatora rikorwa binyuze ku cyemezo cyatangazwa ku bwumvikane bwa Guverinoma ya DRC, SADC, Umuryango w’Afurika yunze ubumwe n’indi miryango mpuzamahanga.

Ku rundi ruhande, abakozi ba Komisiyo y’amatora bemera ko hari aho amatora yatinze kuba kubera ko hari abaturage batibonye kuri rutonde rw’abatora.

Iyi Komisiyo yatangaje ko kubera iyo mpamvu, hongerewe igihe ibiro by’itora muri ako gace biri bifungire.

Birafunga  saa tanu z’amanywa(11h00).

TAGGED:AmatoraFayuluKomisiyoMukwege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Abateraga Ikiraka Muri RAB Baguye Mu Kizenga Barapfa
Next Article MINALOC Isaba ‘Abayobozi Bashya’ Kuzirikana Akamaro K’Ubumwe Bw’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Yafashe Ubwato Bibiri Bw’Abarusiya Bwajyaga Muri Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Trump Ntarashirwa…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?