Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Mukwege Na Fayulu Barashaka Ko Amatora Asubirwamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Mukwege Na Fayulu Barashaka Ko Amatora Asubirwamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2023 9:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu itangazo abakandida bigenga batavuga rumwe na Leta basohoreye hamwe, batangaje ko hari ibigomba gukorwa kugira ngo amatora asubirwemo, yongere akorwe. Abakomeye mu basohoye iri tangazo ni Martin Fayulu na Dr. Denis Mukwege.

Abandi ni Floribert Anzuluni, Nkema Lilo na Théodore Ngoyi.

Aba ni abanyapolitiki batanu mu bandi 19 bayamamaje bakaba bategereje kuzareba ibizayavamo.

Abo banyapolitiki bavuga ko abayobozi  ba CENI (Commission électorale nationale indépendante ) badashoboye kubera ko ngo n’ibyo bakora bidateganywa n’itegeko nshinga.

Kandi ngo bityo nta bushobozi bafite bwo gutegura andi matora.

Abo banyapoliti bavuga ko kugira ngo ibintu bisubirwemo ari ngombwa ko isubirwamo ry’amatora rikorwa binyuze ku cyemezo cyatangazwa ku bwumvikane bwa Guverinoma ya DRC, SADC, Umuryango w’Afurika yunze ubumwe n’indi miryango mpuzamahanga.

Ku rundi ruhande, abakozi ba Komisiyo y’amatora bemera ko hari aho amatora yatinze kuba kubera ko hari abaturage batibonye kuri rutonde rw’abatora.

Iyi Komisiyo yatangaje ko kubera iyo mpamvu, hongerewe igihe ibiro by’itora muri ako gace biri bifungire.

Birafunga  saa tanu z’amanywa(11h00).

TAGGED:AmatoraFayuluKomisiyoMukwege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Abateraga Ikiraka Muri RAB Baguye Mu Kizenga Barapfa
Next Article MINALOC Isaba ‘Abayobozi Bashya’ Kuzirikana Akamaro K’Ubumwe Bw’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?