Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC: Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 July 2025 11:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
DRC yabaye indiri y'imitwe y'abarwanyi baharanira kwigarurira ahantu hari umutungo kamere.
SHARE

Hashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR kandi bitwaje intwaro n’amasasu byinshi.

Ibyabo byakuye abantu umutima, batangira kwibaza iby’abo barwanyi n’icyo bagamije.

Abo barwanyi bahise bajya guca ingando ahitwa Makungurano, bahageze basaba abahatuye bose guhambira utwabo, bababwira ko ubwo butaka babuguze n’umuntu batababwiye uwo ari we.

Radio Okapi( Radio ikorera muri DRC ikaba yarashinzwe na UN) yanditse k’urubuga rwayo rwa murandasi ko kuva abo barwanyi bagera muri kiriya gice, hadasiba kumvikana amasasu, bigakura benshi umutima.

Abahatuye basabye ubuyobozi bw’ibanze gukorana n’ubw’Intara ndetse n’ubw’igihugu muri rusange bakareba iby’abo barwanyi kugira ngo bidakomera bikazambya iby’amahoro bumvaga bivugwa muri iki gihe.

Teritwari ya Walikale iri mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.
TAGGED:AbarwanyiAbaturageCongoFDLRInyeshyambaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Umuntu Yapfiriye Mu Kirombe
Next Article Intego Z’u Rwanda Mu Gukwiza Ikoranabuhanga Hose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?