Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC: Muri Masisi Haravugwa Umutwe W’Abarwanyi Bashamikiye Kuri FDLR

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 July 2025 11:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
DRC yabaye indiri y'imitwe y'abarwanyi baharanira kwigarurira ahantu hari umutungo kamere.
SHARE

Hashize iminsi mike ahitwa Mishipo muri Teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri DRC hadutse abantu babarirwa mu ijana bayobowe n’uwitwa Mudayonga bivugwa ko bakorana na FDLR kandi bitwaje intwaro n’amasasu byinshi.

Ibyabo byakuye abantu umutima, batangira kwibaza iby’abo barwanyi n’icyo bagamije.

Abo barwanyi bahise bajya guca ingando ahitwa Makungurano, bahageze basaba abahatuye bose guhambira utwabo, bababwira ko ubwo butaka babuguze n’umuntu batababwiye uwo ari we.

Radio Okapi( Radio ikorera muri DRC ikaba yarashinzwe na UN) yanditse k’urubuga rwayo rwa murandasi ko kuva abo barwanyi bagera muri kiriya gice, hadasiba kumvikana amasasu, bigakura benshi umutima.

Abahatuye basabye ubuyobozi bw’ibanze gukorana n’ubw’Intara ndetse n’ubw’igihugu muri rusange bakareba iby’abo barwanyi kugira ngo bidakomera bikazambya iby’amahoro bumvaga bivugwa muri iki gihe.

Teritwari ya Walikale iri mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.
TAGGED:AbarwanyiAbaturageCongoFDLRInyeshyambaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Umuntu Yapfiriye Mu Kirombe
Next Article Intego Z’u Rwanda Mu Gukwiza Ikoranabuhanga Hose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?