Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Umusirikare Yiciye Abaturage Muri Resitora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Umusirikare Yiciye Abaturage Muri Resitora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 April 2024 7:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu barinda umukuru w’igihugu muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yinjiye aho abantu barira mu gace kitwa Majengu kari i Goma atangira kurasa abantu abadatoranya. Abaturage batatu bahasize ubuzima abandi barakomereka.

Majengu ni muri Komini ya Karisimbi.

Imirambo y’abantu bishwe yajyanywe mu buruhukiro bw’ibitaro bikuru bya Goma.

Abaturage barakariye abasirikare n’inzego zo muri aka gace nyuma y’urupfu rwa bagenzi babo barashwe n’umwe mu kubarinda ndetse akaba asanzwe ari no mu barinda Umukuru w’Igihugu cyabo.

Kurakira kwabo kwakurikiwe n’imyigaragambyo yabeyere mu muhanda uturuka ku Majengu ugana Kilijiwe kandi bawufunze.

Mu Burasirazuba bwa DR Congo, si ubwa mbere umusirikare arashe abantu akabica kuko mu mpeshyi ya 2023 hari uwarashe mu bantu bari baje gushyingura umuhungu we, yicamo 13 barimo n’abana be babiri.

TAGGED:AbaturageDRCUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikoranabuhanga Mu Gutubura Umusaruro Rigiye Guhabwa Imbaraga Mu Buhinzi
Next Article Bwa Mbere Ubumwe Bw’Uburayi Bwibutse Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?