DRC Yirukanye Abasirikare B’u Rwanda Babaga Muri EAC Force

Repubulika ya Demukarasi ya Congo yategetse ko abasirikare b’u Rwanda babaga mu buyobozi bw’umutwe w’ingabo z’Akarere zagiye yo gufatanya n’abandi kuhagurura amahoro, zitaha.

Itangazo ryasinywe n’umuvugizi w’ingabo za DRC Major General Ekenge Bomusa Efomi Sylvain rivuga ko abasirikare b’u Rwanda birukanywe ari ababaga mu buyobozi bwa EAC Force ifite ibirindiro i Goma.

Major General Ekenge Bomusa Efomi Sylvain

Amakuru dufite kandi avuga ko abo basirikare bamaze gutaha mu Rwanda.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version