DRC:Vital Kamerhe Yongeye Kuba Perezida W’Inteko 

Kamerhe Vital yongeye gutorerwa kuba Perezida W’Inteko ishinga amategeko ya DRC.

Ni umwanya asubiyemo kuko yigeze kuyiyobora kugeza mu mwaka wa 2009 ubwo yeguraga.

Ubwo yeguraga yavuze ko atemeranyaga na Perezida Tshisekedi ku masezerano DRC yari yagiranye n’u Rwanda.

Vital Kamerhe asubiye mu Nteko ishinga amategeko nyuma yo kubitorerwa n’abadepite bagenzi be biganjemo abo mu ishyaka riri ku butegetsi.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version