Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ebola Ikomeje Kwica Abantu Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ebola Ikomeje Kwica Abantu Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 September 2022 1:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare itangwa na Ministeri y’Ubuzima muri Uganda ivuga ko hari abandi bantu batatu bishwe na Ebola. Byatangajwe na Emmanuel Ainebyoona  akaba ari umwe mu bayobozi muri Minisiteri y’ubuzima  muri Uganda.

Kugeza ubu abantu 11 nibo imaze guhitana

Hari bamwe muri bo byamaze kwemezwa ko ari Ebola nyirizina yabahitanye mu gihe hari abandi ‘bikekwa’ ko ari yo.

Chimp Reports ivuga ko umuvugizi wa Ministeri y’Ubuzima yavuze ko muri bariya 11 bapfuye, abagera ku munani baguye mu ngo zabo naho batatu gusa nibo bapfiriye kwa muganga.

Ati: “Kugeza ubu abantu 25 bajyanywe kwa muganga, muri bo batandatu byemejwe ko banduye Ebola, naho abandi 19 bayikekwaho.”

Ainebyoona yavuze ko hari itsinda ry’abakozi ba Ministeri y’Ubuzima riri  gukora urutonde rw’abantu baba barahuye n’abo byemejwe ko banduye Ebola.

Hamaze gukorwa urutonde rw’abantu 58 bahuye n’abantu banduye Ebola.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo Uganda yatangaje ko hagaragaye umurwayi wa Ebola nyuma y’imyaka 10 iki cyorezo byemejwe ko cyacitse.

TAGGED:AbarwayiEbolafeaturedUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kajugujugu Y’Ingabo Za Uganda Yakoze Impanuka
Next Article Comedy Knights Yadukanye Urwenya Yise ‘Bitu Biko’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?