Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ethiopia: Hari ubwoba ko abarwanyi ba TPLF bashobora gutangiza ibitero shuma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ethiopia: Hari ubwoba ko abarwanyi ba TPLF bashobora gutangiza ibitero shuma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 December 2020 3:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari abantu muri Ethiopia bavuga ko hari ubwoba mu baturage ko abarwanyi ba TPLF batatsinzwe burundu ahubwo bari gutegura ibitero shuma byo gutesha umutwe ingabo za Leta.

Abenshi mu bafite impungenge babishingira ku ngingo y’uko nta gihe kinini gishize abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bari bagiye mu nkambi y’impunzi barashweho n’abantu bataramenyekana, bigakekwa ko ari abarwanyi ba TPLF.

Nyuma y’uko ingabo za Ethiopia zigaruriye umurwa mukuru wa Tigray witwa Mekelle abantu baketse ko urugamba rurangiye, ariko hari abatabibona batyo.

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia avuga ko iby’uko abarwanyi ba TPLF bashobora gutangiza intambara ishingiye ku dutero shuma nta shingiro bifite kuko ngo nta mbaraga bagifite.

Abahanga mu bya gisirikare bavuga ko abarwanyi ba TPLF nibatangiza intambara y’ibitero shuma izajegeza agace kose Ethiopia iherereyemo.

Ahmed avuga ko abantu ari bo batuma abarwanyi ba TPLF bumva ko ari ibihangange.

Ati: “ Abantu nibo bakomeza kwenyegeza muri bariya barwanyi umwuka wo kumva ko ari ibihangange mu ntambara ariko siko biri. Ntibagombye kubyumva batyo.”

Kugeza ubu uruhande rw’abarwanyi ba TPLF ntiruragira icyo rutangaza ku biruvugwaho.

Ivomo: Reuters

TAGGED:AbiyEthiopiaMekelleTPLF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyaruguru: Abantu batemye bikomeye umumotari n’uwo yari ahetse baracika
Next Article Biden yahisemo Umwirabura kugira ngo ayobore ingabo za USA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?