Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ethiopia Ifite Perezida Mushya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Ethiopia Ifite Perezida Mushya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 October 2024 11:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia yaraye yemeye ko Sahle-Work Zewde wari Perezida wa Repubulika asimburwa na Taye Astike Selassie.

Muri Ethiopia, Minisitiri w’Intebe niwe uba ufite ububasha bukomeye muri Politiki y’igihugu.

Muri iki gihugu ubu Abiy Ahmed niwe Minisitiri w’Intebe.

Bivugwa ko mu mezi make ashize Abiy atakoranaga neza na Perezida Sahle-Work.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nubwo ari uko ibintu byari byifashe, mu mwaka wa 2018, Abiy yashyigikiye ko Sahle aba Perezida wa Repubulika kandi amahanga arabimushimira kuko byagaragazaga ko ashyigikiye ihame ry’uburinganire muri Politiki ya Ethiopia.

Taye Astike Selassie wamusimbuye afite imyaka 68 akaba yari asanzwe ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga.

Sahle-Work Zewde yari amaze imyaka itandatu mu kazi.

Taye abaye Perezida wa Gatanu wa Ethiopia kuva Itegeko Nshinga igenderaho ubu ryajyaho mu mwaka wa 1995.

TAGGED:AmategekoEthiopiafeaturedIntekoPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yaguye Ibitero Byayo Mu Bice Bya Lebanon 
Next Article Gucuruzanya Muri Afurika Byakumira Intambara- Minisitiri Sebahizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?